Umufatanyabikorwa mushya Rise the Village agiye gukorera murenge wa Kageyo
Umuyobozi w'akarere ka Ngororero yakiriye itsinda ryaturutse mu mushinga Rising TheVillage (RTV) riyoboye na Bwana John Musoke Byuma - Umuyobozi wa gahunda z'umushinga
hamwe nabandi batekinisiye ba RTV.
RTV ni umushinga mushya uzakorera mu Murenge wa Kageyo mu tugari 3 Rwamamara, Nyamata na Mukore.


- gutanga amazi meza
-kunoza isuku bigabanya indwara kandi byongera imibereho myiza
binyuze mu
mahugurwa y'abaturage ku bikorwa byiza by'isuku.
- Guteza Imbere
amashyirahamwe yo kuzigama no kuguriza mu Mudugudu (VSLAs) binyuze mu gushinga
amatsinda yo kuzigama kugirango abanyamuryango babike amafaranga kandi babone inguzanyo ku nyungu nto.
- gushishikariza abaturage kwihangira imirimo binyuze mu gutera inkunga imishinga mito.
- amahugurwa yo gusoma no kwandika
Umuyobozi w'akarere yijeje ubufatanye bwiza na RTV muri uru rugendo rw'iterambere.
Nyuma iri tsinda rya RTV berekeje mu murenge wa Kageyo mu tugari twa Rwamamara, Nyamata na Mukore aho uzak
RTV igamije:
-Gutezimbere umutekano w’ibiribwa no kwinjiza amafaranga hagamijwe ubukungu burambye;
- gukwirakwiza ibikoresho byubuhinzi n' inyongeramusaruro (amasuka, imihoro, nimbuto nziza y'ibishyimbo, ibigori, nimboga, ibiti by'imbuto, ikawa,....).
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…