Ngororero: abamotari bibukijwe gukomeza kurwanya ruswa no kuba abanyamuryango ba Ejo Heza
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against Corruption =APNAC- Rwanda ) bayobowe na Hon Uwizeye Marie Thérèse hari gukorwa ubukangurambaga mu rubyiruko rukorera muri Koperative Gerayo Amahoro Ngororero. Ubukangurambaga bwibanze ku kurwanya ruswa, gahunda ya Gerayo Amahoro, Ejo Heza no kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge.
Abamotari bakanguriwe kwitabira gahunda ya Ejo Heza no kubikangurira abandi, kubungabunga umutekano birinda impanuka, kurwanya ruswa, kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge,... Banasbanuriwe imikorere y'Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, nyuma bahabwa umwanya wo gutanga ibitekerezo, ibyifuzo n'ibibazo.
Igikorwa cyabereye kuri Ngororero stadium ahahuriye abamotari barenga 500 baturutse mu mirenge yose igize Akarere ka Ngororero.
Igikorwa cyitabiriwe kandi n'Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe , Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick, ushinzwe ubukangurambaga muri gahunda yo Ejo Heza ku rwego rw'Iguhugu, Umuyobozi wa gahunda ya Ejo Heza ku rwego rw'Intara y'Iburengerazuba, umuyumuyobozi wa Ejo Heza mu turere twa Ngororero na Nyabihu, abayobozi b'Inzego z'Umutekano zikorera mu Karere, Umuyobozi wa Koperative Gerayo Amahoro Ngororero.
Muri uyu mwaka w'ingengo y'imari wa 2025/2026 mu Karere ka Ngororero abanyamuryango ba Ejo Heza bamaze kwizigamira
284,105,898 frws kuri 377,700,000 frws ateganijwe bingana na 75.2%.
Hamaze kwinjira abanyamuryango bashya 17,350 kuri18,398 bateganijwe bangana na 94%.
Gahunda ya Ejo Heza.
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…