Umurenge wa Nyange: CLADHO yasuye WASH and Nutrition Club yo muri GS Nyange
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe n'intumwa za Collectif des Ligues et Associations de Defense des Droits de l'Homme au Rwanda (CLADHO), World Vision Tunga Cluster, n'iza Citizen Voice and Action.
Uyu wabaye umwanya wo kungurana ibitekerezo ku byavuye mu biganiro n'abaturage bo mu tugari tugize umurenge wa Nyange. Harimo inyubako z'amwe mu mashuli zitajyanye n'igihe, amazi n'amashanyarazi bitaragera kuri bose, ruhurura iva ku muhanda wa Kaburimbo ibangamiye bamwe mu baturage b'Akagari ka Kaseke.
Haganiriwe kandi kw’ireme rya serivisi z’uburezi, gahunda ya school feeding, amazi meza, isuku n’isukura, hareberwa hamwe ibyagezweho,
imbogamizi zikigaragara ndetse n’ingamba zo kurushaho .kunoza izi serivisi.
Habayeho kandi kuganira n’Abanyeshuri ba GS Nyange bagize WASH and Nutrition Club ndetse no kureba ibikorwa imaze kugeraho; kuganira n’abanyeshuri bose ku bijyanye n’isuku n’isukura no kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana no kubaha impanuro.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…