Ngororero: umusaruro wavuye mu misoro n'amahoro wariyongereye
Byagaragaye mu cyegeranyo cyakozwe n'ikigo cy'Igihugu gishinzwe imisoro n'amahoro kuri uyu wa 4/06/2024 cyatanzwe mu nama ngishwanama ku misoro n'amahoro.
Inama yayobowe n'umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry'ubukungu Bwana Uwihoreye Patrick isuzuma aho gukusanya imisoro n'amahoro bigeze mu mwaka wa 2023/2024; imbogamizi ziri mu mikusanyirize y'imisoro n'amahoro n'uburyo zabonerwa ibisubizo. Muri iyi nama hanafashwe ingamba ku mikusanyirize y'imisoro n'amahoro .
Mu mbogamizi zagaragaye harimo ko amahoro y'ubwikorezi yagabanutse kubera imihanda yangijwe n'imvura nyinshi; abantu bafite amazu akodeshwa ariko batishyura umusoro ku nyungu z'ubukode,...
Mu ngamba zafashwe harimo ko itsinda ry'Akarere, Ngali, PSF na RRA bakurikirana centres zose z'ubucuruzi harebwa abatarishyuye ibirarane bakishyura, EBM ikagera kuri bose, abaguzi bakaka inyemezabwishyu ya RBM, kugenzura abatishyura umusoro ku mutungo utimukanwa,....
Akarere ka NGORORERO gafite umuhigo wo gukusanya imisoro n'amahoro agera kuri 869, 775,964 frws; hamaze gukusanywa 831,775,964 angana na 95%.
Ugereranije n'umwaka wa 2022/2023 habayeho inyongera ingana na108,932,136.
Inama yitabiriwe kandi n'abakozi ba RRA, aba NGALI, umunyamabanga nshingwabikorwa w'Akarere , abanyamabanga nshingwabikorwa b'imirenge n'ababaruramali b'imirenge.
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…