Ngororero: Umunsi w'ibiribwa kw'isi waranzwe no kugaburira abana indyo yuzuye

Kuri uyu wa 28/10/2025 umunsi mpuzamahanga wahariwe ibiribwa ku isi wizihirijwe mu murenge wa Ngororero aho umushyitsi mukuru  yari Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe  wari kumwe n'intumwa y'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Biribwa ku isi WFP Madame Nyirampeta Solange. 
Insanganyamatsiko y'umunsi iragira iti "Duhuze imbaraga duteze imbere imirire myiza n'ejo heza".
Umunsi waranzwe no koroza inka abaturage muri Gahunda ya Girinka munyarwanda no kugaburira abana indyo yuzuye.

Intumwa ya WFP yakanguriye abaturage gukora cyane bakarandura burundu imirire mibi ikigaragara mu miryango imwe n'imwe.
Asoza ibi birori Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe
yagaragaje aho Akarere kageze kihaza mu biribwa ashishikariza abaturage kurushaho kwitabira umurimo kugirango bakomeze kwihaza mu biribwa bahinga kijyambere kandi ku gihe ibihingwa bitandukanye kandi ku buso bunini.
Ibirori byitabiriwe kandi n'intumwa za World Vision,  abayobozi b'Inzego z'Umutekano zikorera mu Karere,  abayobozi n'abaturage b'umurenge wa Ngororero.


Umurenge wa Kavumu: Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yaranzwe n'ubwicanyi ndengakamere

Ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi birakomeje mu Karere ka Ngororero. 
Uy munsi ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi…

Read more →

Ngororero: ADEPR yunamiye abakristo bazize Jnoside yakorerwe Abatutsi mu 1994

ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje. 
Muri uyu mwanya harimo kwibukwa abari abakristo b'Itorero  ADEPR…

Read more →

Ngororero: Abasenateri basuye ibikorwa bifasha mu guhanga imirimo

Itsinda  ry'Abasenateri bo muri   Komisiyo y'imibereho myiza y'abaturage, Uburezi,  ikoranabuhanga n'Urubyiruko riyobowe na Hon. Dusingizemungu Jean…

Read more →

Amashuli yashishikarijwe gukoresha ifu y’ibigori byuzuye kandi byongewemo intungamubiri

Uyu munsi tariki ya 3 Kamena 2026 muri Hoteli FALIBA, habereye amahugurwa ku ikoreshwa ry’ifu y’ibigori byuzuye kandi byongewemo intungamubiri…

Read more →

Ngororero: High Sec Ltd igiye kuzajya itwara imyanda iva mu bwiherero.

Kuri uyu wa 02 Kamena habaye inama  yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ubuyobozi bw’Imirenge ya Kabaya, Ngororero, Gatumba na Nyange, ndetse…

Read more →

Ngororero: Imiryango yagizweho ingaruka n'ibiza yasuwe.


Kuri uyu wa 02 Kamena 2026, hasuwe zimwe mu nzu zubakiwe abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza mu Karere ka Ngororero hagamijwe kureba inkunga bahawe,…

Read more →

Ngororero: High Sec Ltd igiye kuzajya itwara imyanda iva mu bwiherero.

Kuri uyu wa 02 Kamena habaye inama  yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ubuyobozi bw’Imirenge ya Kabaya, Ngororero, Gatumba na Nyange, ndetse…

Read more →

Umurenge wa Gatumba: Minisitiri Biruta yifatanije n'abaturage mu muganda ngarukakwezi

Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gicurasi wabereye mu murenge yose igize Akarere ka Ngororero. 
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Gatumba…

Read more →

Umurenge wa Gatumba: GS Muhororo yahushye buji 75

GS Muhororo yo mu Murenge wa Gatumba yizihije Yubile y'imyaka 75 imaze ishinzwe.
Uyu muhango witabiriwe n’abashyitsi batandukanye. Ubuyobozi bw’Akarere…

Read more →
-->