Ngororero: Abaveterineri biyemeje gushyira umworozi ku isonga
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka Ngororero. Muri iyi nama hemejwe gushyira Umworozi ku isonga agahabwa serivisi zihuse kandi zinoze.
VSM Ikubiyemo amabwiriza ya Minisiteri y'ubuhinzi n'ubworozi ko abavuzi b'amatungo bagomba kumanuka mu baturage igihe bakeneye serivisi bakazibona hafi kandi ku buryo bwihuse.
Muri iyi nama hagaragajwe ishusho y'ubworozi mu Karere ka Ngororero na serivisi zizahabwa umworozi n'ibiciro bijyanye nazo.
Mayor Nkusi: "nta rundi rwitwazo kuko ingufu zirabonetse ahasigaye ni ugutahiriza umugozi umwe hakaboneka umusaruro ushimishije. "
Uhagarariye aborozi Bwana Zirimwabagabo yishimiye ko abaveterineri biyongereye asaba ko bakwegera aborozi umusaruro wabo ukikuba nibura 3 bityo bakabageza ku bukire.
Inama yitabiriwe n'Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'Imirenge, abayobozi b'Inzego z'Umutekanopag1pqt zikorera mu Karere, company yatsindiye gutanga services zubworozi, abaveterineri bakorera Akarere n'abigenga 93, abarozi bahagarariye abandi.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…