Ngororero: Umufatanyabikorwa INGOBYI ACIVITY wagaragaje umushinga mushya wo kuvana abatuye umurenge wa Kageyo mu bukene

Umuyobozi w’Akarere wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage Mme MUKUNDUHIRWE Benjamine yakiriye  Itsinda ry’Abakozi bakora muri USAID/ INGOBYI ACTIVITY /zone y’Iburengerazuba ryari riyobowe na Bwana Jean Bosco  BAZIMAZIKI.
Bagaragarije Akarere umushinga mushya  ugamije kuzamura ubushobozi bw'abaturage binyuze mu matsinda  yo  kwizigamira ( Saving for Transformation) bityo abaturage bakennye bagahindura imyumvire ibaganisha ku kwishyura ubwisungane mu kwivuza ( MUSA) , kugira ubushobozi bwo kwigira mu mu mirire  no gukemura ibindi bibazo bibangamiye n'imibereho myiza yabo.
Uyu mushinga uzashyirwa mu bikorwa na WORLD VISION binyuze muri USAID/ Ingobyi Activity.
Inama yitabiriwe kandi n’umuyobozi w’ishami ry’ubuzima, umuyobozi w’ishami ry’imiyoborere myiza, umuyobozi w’ishami ry'shoramali n’amakoperative abakozi bo mw'ishami ry’ubuzima, umukozi ushinzwe iterambere ry’imiryango n’uwari uhagarariye  ubuyobozi  bw’umurenge wa Kageyo uwo mushinga uzakoreramo.
Nyuma yo kungurana ibitekerezo k’uburyo umushinga uzakora n’abagenerwabikorwa bawo , VM Mukunduhirwe yijeje umufatanyabikorwa ubufatanye bw'Akarere bityo abagenerwabikorwa bakivana mu bukene bukabije, bakabona uburyo bwo kwishyura MUSA, bakanabona serivise z’ubuzima bakeneye banakemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza yabo. Hifujwe ko ibikorwa by'uyu mushinga mushya byagera no mu yindi mirenge
 


Umurenge wa Nyange: CLADHO yasuye WASH and Nutrition Club yo muri GS Nyange

Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…

Read more →

Ngororero: Abana bataye ishuli bagomba kurigarukamo bitarenze tariki 2/03/2026

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere  wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…

Read more →

Ngororero: MINEMA yatanze amahugurwa yerekeye butabazi bwihuse

Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…

Read more →

Ngororero: Inkomezabigwi zubatse igikoni cy'ishuli kijyanye n'igihe

Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…

Read more →

Ngororero: abanyamuryango ba PSF bihaye ukwezi bakaba barangije kwishyura imisanzu.

Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama  nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…

Read more →

Ngororero: Ibibazi bikibangamiye imibereho myiza y'abaturage bikomeje gushakirwa ibisubuizo

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…

Read more →

Ngororero: Abaveterineri biyemeje gushyira umworozi ku isonga

Umuyobozi w'Akarere  Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…

Read more →

Umurenge wa Kabaya: "Ikinyarwanda ni ururimi ruduhuza tukivuge, tucyandike neza"- Guverineri Ntibitura

Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…

Read more →

Umurenge wa Ngororerowegukanye ibikombe 2 (gore, gabo) mu marushanwa y'UCP

Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…

Read more →
-->