Ngororero: STEKOL izajya isorera Akarere ka Ngororero
Kuri uyu wa 2/06/2025 itsinda ry’Akarere ka Ngororero riyobowe n’Umuyobozi w’Akarere Bwana Christophe NKUSI ryari rigizwe na Visi Meya ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana Patrick UWIHOREYE, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere Bwana Emmanuel BAHIZI, Umuyobozi w’ingabo Maj Simon NDAGIJIMANA, IO wa RIB Bwana John HAPPY, abakozi bashinzwe imisoro bahuye n'itsinda ry'Akarere ka Karongi riyobowe n'Umuyobozi w'Akarere Bwana Gerard MUZUNGU kugira ngo bahuze ikusanyamakuru ry'imisoro yishyurwa na kampani STECOL ku bijyanye no gukoresha kariyeri hagati y'uturere twombi. Iyi nama yari iyobowe n’umuyobozi w'Ikigo cy'Igihugu cy'Imisoro n'Amahoro mu Ntara y’Iburengerazuba Bwana NIYIREMA RUKUNDO Julien. Nyuma yo kungurana ibitekerezo ku mpande zombi hafashwe umwanzuro ko imisoro ijyanye n'ubwikorezi (transport) yajya yinjira mu Karere ka Ngororero kuko imodoka za STECOL zipakira kariyeri ziba zihagaze ku butaka bw'aka Karere.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…