Ngororero: Rhenanie Palatinat yamuritse ibikorwa byo kwagura igicumbi cy'Intwari muri ES Nyange

Kuri uyu wa 07/03/2022  kuri E.S NYANGE habereye umuhango wo kumurika ibikorwa byakozwe na Rhénanie Palatinat ku bufatanye n'Urwego rushinzwe Intwari z'Igihugu, imidari n'impeta by'ishimwe (CHENO). Ni ibikorwa bigamije gusigasira amateka y'ubutwari bw'abanyeshuri b'i Nyange no kwagura igicumbi cy'intwari.

Ubu abazajya basura igicumbi cy'intwari z'Imena z'abanyeshuli b'i Nyange bazajya barushaho gusobanukirwa n'ibyabaye mu ijoro ryo ku wa 18.03.1997 ubwo  aba abanyeshuli  banze kwitandukanya bakurukije ubwoko nk'uko babisabwaga n'abicanyi bagasubiza bati: "Twese turi abanyarwanda". Ibi byabaviriyemo gutakaza ubuzima bwabo aho gutatira igihango cy'ubunyarwanda. bityo baba babibye imbuto  ya Ndi Umunyarwanda.
Abashyitsi muri uyu muhango barimo Délégation ya Rhenane Palatinat yari ikuriwe na Bwana Norbert Neuser; hari kandi n'uhagarariye Ambasade y'Ubudage  mu Rwanda Bwana Pkimus Peter mu rwego rwa Jumélage. Ku rwego rwa CHENO itsinda ryaturutse yo ryari rikuriwe na Vice Chancellor Madame Godelive Mukakarasi.  Akarere ka Ngororero kahagarariwe na Bwana UWIHOREYE Patrick, Vice Mayor FED ari hamwe n'inzego z'umutekano. "TWESE TURI ABANYARWANDA".


Umurenge wa Nyange: CLADHO yasuye WASH and Nutrition Club yo muri GS Nyange

Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…

Read more →

Ngororero: Abana bataye ishuli bagomba kurigarukamo bitarenze tariki 2/03/2026

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere  wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…

Read more →

Ngororero: MINEMA yatanze amahugurwa yerekeye butabazi bwihuse

Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…

Read more →

Ngororero: Inkomezabigwi zubatse igikoni cy'ishuli kijyanye n'igihe

Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…

Read more →

Ngororero: abanyamuryango ba PSF bihaye ukwezi bakaba barangije kwishyura imisanzu.

Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama  nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…

Read more →

Ngororero: Ibibazi bikibangamiye imibereho myiza y'abaturage bikomeje gushakirwa ibisubuizo

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…

Read more →

Ngororero: Abaveterineri biyemeje gushyira umworozi ku isonga

Umuyobozi w'Akarere  Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…

Read more →

Umurenge wa Kabaya: "Ikinyarwanda ni ururimi ruduhuza tukivuge, tucyandike neza"- Guverineri Ntibitura

Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…

Read more →

Umurenge wa Ngororerowegukanye ibikombe 2 (gore, gabo) mu marushanwa y'UCP

Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…

Read more →
-->