Ngororero: incuke zahawe impamyabumenyi
Abana bashoje amashuli y'incuke 97 kuri centre scolaire Nyange Protestant biteguye gutangira umwaka wa mbere w'amashuli abanza.
Aba bana bateguwe ku bufatanye na Save the Children yahuguye abalimu babo ikanatanga ibikoresho by'ishuli birimo ibitabo byo gusoma.
Ashimira ubufatanye bwiza hagati y'Akarere na Save the Children bwatumye aba bana bateraiyi ntmbawe; intummwa ya Save the Children Mukantagwera Liiose yavuze ko bahuye n'imbogamizi y'uko hari abana batitabiriye ushuli. Indi mbogamizi ni Covid-19 yagiye irogoya ishyirwamubikorwa yra gahunda.
Umukozi wa Save the Children yasabye ababyeyi kwita kuri aba bana bakomeza gukarishya ubwenge basoma udutabo bahawe , bakomeza kugira isuku. Yanabahamagariye gkurkira ibiganiro by'abana bitegurwa na Save the Children bigahita kuri KT Radio
Umubyeyi wari uhagarariye abandi yashimiye ubufaranye buri hagati y'Akarere ka Ngororero na Save the Children mu guteza imbere uburezi bw'abana bato babaha ibikoresho n'ubumenyi.


Mw'izina yr'ubuybozi bw`Akarere Bwana Habaruruema Denis uyoboye ishami ry'uburezi yavuze ibikorwa bya Save the Children byivugira aho igeze hose ubu ikaba ikataje mu guteza imbere uburezi bw'abana bato. Yasabye ababyeyi kudahora bahanze amaso umufatanyabikorwa ko ahubwo bakwiye kwishakamo ibisubizo ngo kuko "umwana uzi ubwenge bamusiga yinogerza" bityo inkunga ikaza ari inyongera.
Abana bahawe impamyabumenyi basomeye ababyeyi ibitabo bavuga n'imivuga ishimira umufatanyabikorwa Save the Children n'ababyeyi babo.
Mu Karere ka Ngororero Save the Children imaze gufasha abana b'incuke 9 289 barimo 6366 barangije maternelle bagatangira umwaka wa mbere w'amashuli abanza barimo 97 bo kuri GS Nyange Protestant. Yahuguye n'abalimu babo39 bahuguye abandi (TOT) 197 bo mu mashuli y'incuke na 217 bo mu mashuli abanza.






Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…