Ngororero: Imyiteguro yo guhangana n'ibiza yatangiye
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye Inama yaguye ya Komite ishinzwe imicungire y'ibiza (DIDIMAC). Inama yarimo Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge bakuriye Sector Disaster Management Committee (SEDIMAC) .
Yasabye abatekinisiye n'Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'Imirenge gukurikirana umunsi k'uwundi imicungire y'ibiza kugira ngo hatazabaho gutungurwa muri ibi bihe by'imvura nyinshi. Inama yibukije ko imyiteguro yo guhangana n'ibiza muri iki gihe cy'itumba ari ngombwa.

Command posts zikora neza ku rwego rw'Akarere n'Umurenge zigomba:
- gukomeza gusuzuma niba nta miryango igituye ahantu hashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga;
- kugena ahantu (evacuation sites) hakwakira abantu baramutse bahuye n'ibiza;
- gukora ubukangurambaga bwo kurwanya no gukumira ibiza mu Nteko z'abaturage
Inama yanasuzumye aho amazu y'abasenyewe n'ibiza ageze yubakwa. Muri rusange amazu menshi yaruzuye.
Ku mazu ataruzura muri phase ya 3, abari mu nama bihaye iminsi 2 imirimo isigaye ikaba yarangiye.
Muri iyi nama hanarebwe amazu 42 azubakirwa imiryango muri phase ya 4; azatwara ingengo y'imari irenga miliyoni 72.
Inama yanaganiye kandi ku bibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage hafatwa umwanzuro wo gukomeza guhangana nabyo bishakirwa ibisubizo.
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…