Ngororero: NCDA igiye kubaka ECD mu Kagari ka Rususa
Akarere ka Ngororero kakiriye intumwa z’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Abana (NCDA) n’iz'ikigo cy’Ubuvuzi mu Rwanda (RBC). Basuye ikibanza kizakoreshwa mu iyubakwa ry’ikigo cya ECD mu murenge wa Ngororero, Akagari ka Rususa.
Itsinda ryakiriwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu. Mukunduhirwe Benjamiine.
Intego nyamukuru yo gusura kwari ugukusanya amakuru ajyanye n’ahantu hateganijwe kubakwa ikigo cy’iterambere ry’abana bato (ECD).
Nyuma yo gukora inama ku biro by’Akarere, izo ntumwa zerekeje ku ishuri rya GS RUSUSA kugira ngo zisuzume ku buryo bugaragara isambu izubakwamo ndetse no kugirana inama n’abaturage bahagarariye abandi bagenerwabikorwa barimo abayobozi b’umurenge wa Ngororero, Umuyobozi w’umudugudu, ababyeyi batoranijwe bafite abana bari munsi y’imyaka 5 kimwe n’abashinzwe kwita kuri ECD.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…