Ngororero: hari amahirwe yo kwigira ku murimo (Work Place Learning)
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick ari kumwe n'intumwa za Minisiteri y'Abakozi ba Leta n'Umurimo ziyobowe na Bwana
Umuhoza Patrick, yayoboye inama yerekeye gahunda yo kwigira ku murimo Workplace Learning Policy (WPL)
Iyi gahunda iri mu cyerekezo kigari cya Leta y'u Rwanda NST2 kirimo guhanga imirimo by'umwihariko iy'urubyiruko.
Gahunda ya WPL yiganjemo ibice bikurikura:
Industrial attachment, internship, apprenticeship, recognition 0f Prior Learning (RPL).
Nk'uko intumwa ya MIFOTRA yabivuze inyungu ziri muri WPL ni nyinshi zirimo:
Ubumenyi burushaho kuzamuka, guhanga imirimo no kugabanya ubukene.
Muri iyi nama umuyobozi w'ishami rya BDE yagaragaje amahirwe yafasha urubyiruko kubona aho rwimenyereza umwuga n’ibiteganijwe gukorwa mu kwihutisha ishyirwamubikorwa ry'iyi gshunda birimo gushyiraho itsinda rishinzwe ikurikurana ku rwego rw'Akarere.
Ba rwiyemezamirimo batandukanye biyemeje gushyigikira gahunda ta WPL bakira abaje kwimenyereza umwuga by'umwihariko urubyiruko.
Ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi birakomeje mu Karere ka Ngororero.
Uy munsi ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi…
ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje.
Muri uyu mwanya harimo kwibukwa abari abakristo b'Itorero ADEPR…
Itsinda ry'Abasenateri bo muri Komisiyo y'imibereho myiza y'abaturage, Uburezi, ikoranabuhanga n'Urubyiruko riyobowe na Hon. Dusingizemungu Jean…
Uyu munsi tariki ya 3 Kamena 2026 muri Hoteli FALIBA, habereye amahugurwa ku ikoreshwa ry’ifu y’ibigori byuzuye kandi byongewemo intungamubiri…
Kuri uyu wa 02 Kamena habaye inama yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ubuyobozi bw’Imirenge ya Kabaya, Ngororero, Gatumba na Nyange, ndetse…
Kuri uyu wa 02 Kamena 2026, hasuwe zimwe mu nzu zubakiwe abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza mu Karere ka Ngororero hagamijwe kureba inkunga bahawe,…
Kuri uyu wa 02 Kamena habaye inama yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ubuyobozi bw’Imirenge ya Kabaya, Ngororero, Gatumba na Nyange, ndetse…
Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gicurasi wabereye mu murenge yose igize Akarere ka Ngororero.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Gatumba…
GS Muhororo yo mu Murenge wa Gatumba yizihije Yubile y'imyaka 75 imaze ishinzwe.
Uyu muhango witabiriwe n’abashyitsi batandukanye. Ubuyobozi bw’Akarere…