Ngororero: hari amahirwe yo kwigira ku murimo (Work Place Learning)
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick ari kumwe n'intumwa za Minisiteri y'Abakozi ba Leta n'Umurimo ziyobowe na Bwana
Umuhoza Patrick, yayoboye inama yerekeye gahunda yo kwigira ku murimo Workplace Learning Policy (WPL)
Iyi gahunda iri mu cyerekezo kigari cya Leta y'u Rwanda NST2 kirimo guhanga imirimo by'umwihariko iy'urubyiruko.
Gahunda ya WPL yiganjemo ibice bikurikura:
Industrial attachment, internship, apprenticeship, recognition 0f Prior Learning (RPL).
Nk'uko intumwa ya MIFOTRA yabivuze inyungu ziri muri WPL ni nyinshi zirimo:
Ubumenyi burushaho kuzamuka, guhanga imirimo no kugabanya ubukene.
Muri iyi nama umuyobozi w'ishami rya BDE yagaragaje amahirwe yafasha urubyiruko kubona aho rwimenyereza umwuga n’ibiteganijwe gukorwa mu kwihutisha ishyirwamubikorwa ry'iyi gshunda birimo gushyiraho itsinda rishinzwe ikurikurana ku rwego rw'Akarere.
Ba rwiyemezamirimo batandukanye biyemeje gushyigikira gahunda ta WPL bakira abaje kwimenyereza umwuga by'umwihariko urubyiruko.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…