Ngororero: GS Muhororo yarabanikiye
kuri Stade Amahoro / Kigali habereye amarushanwa y'abanyeshuri mu mikino y'abantu ku giti cyabo (Athlestisme) ku rwego rw'igihugu.
Ayo marushanwa yateguwe na Fédération Rwandaise du Sport Scolaire (FRSS)
yahuje abagiye batsinda muri Ligue. Muri Ligue Ouest Akarere ka Ngororero kashoboye kwegukana itsinzi ku buryo bukurikira:
200m : Nshimiyimana Miradji ( ES Muhororo) umwanya wa 1
Nshimiyimana Hubert (ES Muhororo) umwanya wa 2 300m relai: Nshimiyimana Hubert (ES Muhororo) umwanya wa 1
800m : Ndagijimana Patrick (ES Muhororo) umwanya wa 4
Disque: Uwizeye Marie Grâce (ES Muhororo) umwanya wa 4
Gutera umuhunda: Fabrice (ESECOM Rucano) umwanya wa 4.
Kuba iri shuri rya ES Muhororo ryarahize ayandi bifite imvano. Umutoza w'abakinnyi Bwana Dusengimana Tadeyo avuga ko imyitozo bayiha umwanya uhagije ndetse ngo hari igihe abazana kuri stade y'Akarere haba hisanzuye. Ikindi ngo afite impamyabushobozi muri athletisme.
Ishuli rya ES Muhororo rikunze kubonekamo abanyeshuli bafite impano no guhanga udushya nk'uko byagiye bigaragara mu mamurikabikorwa atandukanye.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…