Ngororero: Ambasaderi w'Ubufaransa mu Rwanda yasuye amashuli ya APAX na TTC Muramba
Ambasaderi w'Ubufaransa mu Rwanda Bwana Antoine Anfré yagiriye uruzinduko rw'akazi mu Karere ka Ngororero aho yasuye ibigo by'amashuli bya APAX-Muramba na TTC Muramba.
We n'abari bamuherekeje batambagijwe ibigo byombi nyuma bagezwaho amavu n'amavuko y'aya mashuli afite uruhare rukomeye mu burezi bw'u Rwanda.
Bakiriwe n'Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe ari kumwe n'abayobozi b'inzego z'umutekano, Umuyobozi w'amashuli gatolika muri Diyosezi ya Nyundo n'intumwa ya REB.
Mayor Nkusi yagarutse ku mubano mwiza hagati y'u Rwanda n'Ubufaransa ashimira ambasaderi uruzinduko yagiriye mu mashuli rugaragaza ubufatanye hagati y'ibihugu byombi.
Ambasaderi André nawe yagarutse kuri uyu mubano avuga ko azakora ibishoboka byose ukarushaho kuba mwiza cyane u Rwanda ruri mu muryango w'ibihugu bivuga ururimi rw'igifaransa.
Habayeho kuganira n'abalimu n'abanyeshuli ku myigire n'imyigishirize, ku bufatanye buri hagati y'amashuli yo mu Rwanda n'ay'Ubufaransa.
URUZUNDUKO RWA AMABSADERI W'UBUFARANSA MU RWANDA MU MASHULI YA APAX MURAMBA NA TTC MURAMBA MU MAFOTO.
A. MURI ISHULI RYA APAX MURAMBA








B. MURI TTC MURAMBA












Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…