Ngororero: abana bafite ubumuga bahawe amagare azabafasha kugana ishuli

Ku bufatanye bw’Umufatanyabikorwa World Vision mu Mushinga wabo witwa Disability Inclusion Initiative, hatanzwe amagare y’abana bafite ubumuga hagamijwe kubafasha kwitabira amashuri, kuko bamwe byari imbogamizi bitewe n’ubumuga bafite bw’ingingo cyangwa se ubumuga bukomatanyije.
Iki gikorwa cyitabiriwe n’abakozi b’Ibitaro bya Muhororo n’ibya Kabaya bakora muri Serivise z’Ubugororangingo  bagaragaje uko aya magare y’abana bafite ubumuga akoreshwa, aya magare akaba afite ibikoresho bikangura ubwonko bw’abana ndetse n’ibitambaro byabugenewe.
World Vision yahaye Akarere ka Ngororero amagare 25.
Ku ruhande rw’Akarere ka Ngororero hari Umukozi w’Akarere Ushinzwe Abantu Bafite Ubumuga Bwana Munyanziza Emmanuel.
Ku ruhande rwa World Vision hari Bwana Jean Tugirimana.

Ubutumwa bwatanzwe: Ababyeyi basabwe gukomeza gufasha abana babo bafite ubumuga, gukoresha neza amagare y’abafite ubumuga bahawe kandi bakabajyana kwiga kugira ngo boye gusigara inyuma.


Umurenge wa Kavumu: Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yaranzwe n'ubwicanyi ndengakamere

Ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi birakomeje mu Karere ka Ngororero. 
Uy munsi ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi…

Read more →

Ngororero: ADEPR yunamiye abakristo bazize Jnoside yakorerwe Abatutsi mu 1994

ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje. 
Muri uyu mwanya harimo kwibukwa abari abakristo b'Itorero  ADEPR…

Read more →

Ngororero: Abasenateri basuye ibikorwa bifasha mu guhanga imirimo

Itsinda  ry'Abasenateri bo muri   Komisiyo y'imibereho myiza y'abaturage, Uburezi,  ikoranabuhanga n'Urubyiruko riyobowe na Hon. Dusingizemungu Jean…

Read more →

Amashuli yashishikarijwe gukoresha ifu y’ibigori byuzuye kandi byongewemo intungamubiri

Uyu munsi tariki ya 3 Kamena 2026 muri Hoteli FALIBA, habereye amahugurwa ku ikoreshwa ry’ifu y’ibigori byuzuye kandi byongewemo intungamubiri…

Read more →

Ngororero: High Sec Ltd igiye kuzajya itwara imyanda iva mu bwiherero.

Kuri uyu wa 02 Kamena habaye inama  yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ubuyobozi bw’Imirenge ya Kabaya, Ngororero, Gatumba na Nyange, ndetse…

Read more →

Ngororero: Imiryango yagizweho ingaruka n'ibiza yasuwe.


Kuri uyu wa 02 Kamena 2026, hasuwe zimwe mu nzu zubakiwe abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza mu Karere ka Ngororero hagamijwe kureba inkunga bahawe,…

Read more →

Ngororero: High Sec Ltd igiye kuzajya itwara imyanda iva mu bwiherero.

Kuri uyu wa 02 Kamena habaye inama  yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ubuyobozi bw’Imirenge ya Kabaya, Ngororero, Gatumba na Nyange, ndetse…

Read more →

Umurenge wa Gatumba: Minisitiri Biruta yifatanije n'abaturage mu muganda ngarukakwezi

Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gicurasi wabereye mu murenge yose igize Akarere ka Ngororero. 
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Gatumba…

Read more →

Umurenge wa Gatumba: GS Muhororo yahushye buji 75

GS Muhororo yo mu Murenge wa Gatumba yizihije Yubile y'imyaka 75 imaze ishinzwe.
Uyu muhango witabiriwe n’abashyitsi batandukanye. Ubuyobozi bw’Akarere…

Read more →
-->