Ngororero: abakozi b'ubuzima bongerewe ubumenyi mu gukumira Coronavirus
kuwa 06/01/2021 kuva 9h45 -16h10 kuri Guest House, habereye amahugurwa y'umunsi umwe yari agenewe abakora kwa muganga.Yari agamije kubongerera ubumenyi mu gukumira icyorezo cya Koronavirusi no kwita ku barwayi banduye COVID-19. Ni k'ubufatanye hagati y'Akarere na RBC. Itsinda rya RBC ryari riyobowe na Dr Nkeshimana Menelas
Inama yafunguwe n'umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine. Atangiza inama yashimiye abateguye amahugurwa avuga ko yaziye igihe ashimira Minisiteri y'Ubuzima yegereje inzego z'ubuzima uburyo n'ubushobozi(Descentralisation) asaba abitabiriye inama kurushaho kurangwa n'indangagaciro yo gukunda umurimo, gukorera hamwe baganisha ku intego.
Inama yitabiriwe kandi n’abayobozi bakuru b'ibitaro (DGs) aba laborantins ku bitaro, abashinzwe ibyorezo ku bitaro, ba Titulaires b'ibigo nderabuzima, aba laborantins mu bigo nderabuzima, ba data managers b'ibigo nderabuzima n'abashinzwe abajyanama b'ubuzima.
Abitabiriye Inama bamaze kugaragarizwa imiterere ya koronavirusi , uko ifata n'uburyo bwo kuyirinda, hakurikiyeho umwanya w'imyitozo ngiro mu gupima koronavirusi. Biyemeje kurushaho gukorera hamwe mu rwego rwo kurushaho gukumira ubwandu bushya , banarushaho kwita kubarwayi barwariye iwabo.
Biyemeje kurushaho kunoza ihererekanya makuru bigakorwa ku rwego rwa Command Posts ku inzego zitandukanye; gukurikirana abarwayi muri communaute himakazwa umuco w'isuku aho batuye.
Mu kurushaho kwirinda Koronavirusi, abitabiriye inama basabwe gukomeza gufatanya mu gukumira ikwirakwizwa ry’iki cyorezo hagenzurwa Ko amabwiriza yashyizweho yubahirizwa.


Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…