Ngororero: Abadepite bari gusobanura itegeko rigenga abantu n'imiryango
Itsinda ry'abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko y'u Rwanda riyobowe na Hon. AYINKAMIYE Speciose bagiriye uruzinduko rw'akazi rw'iminsi 2 mu Karere ka Ngororero rwateguwe n’amahuriro y’abadepite FFRP (Ihuriro ry’abadepite b’abagore mu Rwanda) na RPRPD (Ihuriro ry’abagize Inteko ishinga amategeko baharanira imibereho myiza y'baturage).
Bakiriwe na Visi Meya ushinzwe imibereho myiza y'abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine, hamwe n'abahagarariye inzego z'umutekano ndetse n'aabavuga rikumvikana
Intego y'uru ruzinduko ni ugukora ubukangurambaga ku Mategeko agenga abantu n'imiryango, ndetse no gukangurira urubyiruko kubona serivisi z'ubuzima bw'imyororokere no gukumira inda zitateganijwe.
Kuri uyu munsi wa mbere w’uru ruzinduko, izo ntumwa zagize inama n’abayobozi b’ibitekerezo ku rwego rw’Akarere, basura ikigo nderabuzima cya Kabaya n’ibitaro by’akarere ka Kabaya, banasabana n’abatuye umurenge wa Kabaya.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…