Ngororero: ababyeyi baributswa gushaka umwanya uhagije wo kwita ku bana babo babarinda imirire mibi n'igwingira

Byavugiwe mu nama nkomatanyanzego yo kurwanya imirire mibi n'igwingira ry'abana batoVm Asoc Madame MUKUNDUHIRWE Benjamine afungura iyi inama yavuze ko ku bufatanye bw'Akarere n'abafatanyabikorwa imirire mibi igenda igabanuka kandi ko intego ari kuyihashya burundu.
 Yasabye inzego zose zItabiriye iyi nama gukurikiranira hafi inkunga zitangwa harebwa niba zikoreshwa neza icyo zagenewe ku buryo abana bava mu mirire mibi n'igwingira.
Umuyobozi w'ishami ry'ubuzima Madame  MUKAMANA Soline yerekanye ku buryo burambuye uko ikibazo gihagaze mu Karere ka Ngororero  n'ibyakozwe mu kugishakira ibisubizo. 
 Yagize ati kuba tukibona abana bari mu mutuku kandi harabonetse ingufu zihagije z'abafatanyabikorwa birasaba gukora ku buryo budasanzwe.
Abitabiriye inama basesenguye  ko kugirango imirire mibi n'igwingira ry'abana bicike ubufatanye bw'inzego zose ari ngombwa hamwe no gutanga raporo zigaragaza ukuri kuri mu baturage.

Ababyeyi b'abana bibukijwe gushaka umwanya uhagije wo kwita ku bana babo kuko hari aho usanga bari mu mirire mibi n'igwingira kandi batabuze ibyangombwa bikenerwa mu guhashya iki kibazo ahubwo ari umwete muke w'ababyeyi wo kwita kubana mu kubategurira indyo yuzuye.


Umurenge wa Nyange: CLADHO yasuye WASH and Nutrition Club yo muri GS Nyange

Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…

Read more →

Ngororero: Abana bataye ishuli bagomba kurigarukamo bitarenze tariki 2/03/2026

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere  wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…

Read more →

Ngororero: MINEMA yatanze amahugurwa yerekeye butabazi bwihuse

Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…

Read more →

Ngororero: Inkomezabigwi zubatse igikoni cy'ishuli kijyanye n'igihe

Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…

Read more →

Ngororero: abanyamuryango ba PSF bihaye ukwezi bakaba barangije kwishyura imisanzu.

Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama  nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…

Read more →

Ngororero: Ibibazi bikibangamiye imibereho myiza y'abaturage bikomeje gushakirwa ibisubuizo

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…

Read more →

Ngororero: Abaveterineri biyemeje gushyira umworozi ku isonga

Umuyobozi w'Akarere  Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…

Read more →

Umurenge wa Kabaya: "Ikinyarwanda ni ururimi ruduhuza tukivuge, tucyandike neza"- Guverineri Ntibitura

Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…

Read more →

Umurenge wa Ngororerowegukanye ibikombe 2 (gore, gabo) mu marushanwa y'UCP

Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…

Read more →
-->