Kabaya sector: Gahunda ya "Mbasomere nisomera" mu gukundisha abana ururimi rw'ikinyarwanda
Mu isomero ryitwa Kabaya community Library ikorera mu kigo cy'urubyiruko cy' Akarere ka Ngororero hakozwe gahunda ya MBASOMERE NISOMERA. Urubyiruko rw'abakorera bushake n'indahangarwa basomera abana bato ibitabo.Iyi gahunda yateguwe mu rwego rwo gutanga umusanzu mu kwimakaza umuco wo gusoma mu bakiri bato, gufasha abana gusubiramo ibyo biga, gukundisha ururimi rw'ikinyarwanda abakiri bato, gufasha abana bato kurushaho gusobanukirwa ibyo biga, kwigisha indanga gaciro na kirazira mu bakiri bato.
Aba bana bahuriye ku ma site atandukanye cyane cyane aho bahurira bakina ku bibuga by'amashuli
ndetse no mw'isomero ubwaryo basomerwa ndetse banisomera udutabo twabagenewe. Byose bikorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19


Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…