Hatangijwe ukwezi kwahariwe uruhare rw'umuturage mu igenamigambi, ingengo y'imari n'imihigo.
Ku rwego rw'Akarere byabereye mu Murenge wa Hindiro aho…
Uyu munsi tarik yai 19/03/2020 kuva saa 07h30 kugeza 10h00 mu cyumba cy'inama cy'akarere ka Ngororero hateraniye inama ya Taskforce ya COVID-19 Ku…
Muri iki gihe iki cyorezo gihangayikishije abatuye isi, ubukangurambuga burakomeje ku kwirinda no gukumira.Hirya no hino mu mirenge abaturage bamaze…
Ni umwanzuro wavuye mu gikorwa cyo gutanga telefone 1000 Nyakubahwa Perezida wa Republika yahaye abaturage mu Karere ka Ngororero muri gahunda ya…
Mu rwego rwo gutangiza ukwezi kwahariwe umujyi intumwa za Minisiteri y'ibikorwa remezo, Ikigo cy'Igihugu gishinzwe imiturire ziyobowe na Bwana Eric…
Itsinda rya Komisiyo y'ingengo y'imali n'umutungo by'Igihugu riyobowe na Professeur Omar Munyaneza ryiriwe mu Karere ka Ngororero aho ryagiranye…
Abagore b'umudugudu wa Rebero mu kagari ka Kabaya, umurenge wa Kabaya bakuye amaboko mu bitenge. Babitangaje ubwo bizihizaga umunsi mpuzamahanga…
Kuri iki gicamunsi cyo kuwa 6/03/2020 Umugenzuzi mukuru wungirije wa Gender Monitoring Officer (GMO) Madame Mukandasira Caritas yatanze ikiganijro …
Kuri uyu wa kane tariki ya 5/03/2020 mu cyumba cy'inama cy'Akarere hatangijwe ku mugaragaro ibikorwa by'Umushinga RDDP (Rwanda Dairy Development…
Kuri uyu wa 4/02/2020 inama mpuzabikorwa ku kurwanya ibiyobyabwenge
yabereye kuri Hotel RUFRABU iyoborwa n'Umuyobozi Mukuru muri Minaloc Bwana Bahame…