Ngororero: Komisiyo y'ingengo y'imari n'umutungo by'igihugu yasuye Akarere
Itsinda rya Komisiyo y'ingengo y'imali n'umutungo by'Igihugu riyobowe na Professeur Omar Munyaneza ryiriwe mu Karere ka Ngororero aho ryagiranye ikiganiro ku mikoreshereze y'ingengo y'imari na komite Nyobozi y'Akarere, Komisiyo y'ubukungu y'Inama Njyanama y'Akarere, abayobizi b'amashami ku Karere, inzego z'umutekano n'abanyamabanga nshingwabikorwa b'imirenge. Nyuma yo kungurana ibitekerezo itsinda ryasuye imwe mu mishinga y'Akarere.


Ingengo y'imari 2019/2020 y'Akarere ka Ngororero irangana na 19,923,224,330 frws. Imaze kuvugururwa yageze kuri 22,064,922,573 frws. Imaze gukoreshwa ku rugero rwa 57%.
Umuyobozi w'Akarere Bwana NDAYAMBAJE Godefroid yasabye ubuvugizi ku kubaka ibitaro bishya bya Muhororo n'inyubako y'Akarere ijyanye n'igihe.
Inama Njyanama izaterana vuba kugirango yemeze ingengo y'imali nshya ishingiye ku iy'Igihugu.




Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…