Umurenge wa Muhororo: BRALIRWA yabahaye urumuri
Kuri uyu wa 29/08/2023 mu mudugudu wa Gapfura, mu kagari ka Rusororo mu murenge wa Muhororo habereye igikorwa cyo gutaha ku mugaragaro amasahanyarazi akomoka ku mirasire y'izuba n'ibikoresho bijyana nayo birimo radio zahawe ingo 51 na televiziyo 9 zahawe abakora ubucuruzi butanddukanye. Byatanzwe n'umufatanyabikorwa BRALIRWA ku bufatanye na BBOXX Rwanda.


Uyu muhango witabiriwe n'Umunyabanga Uhoraho muri Ministeri y'Ibikorwaremezo Bwana ABIMANA Fidele wari umushyitsi mukuru, Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe, Umuyobozi wungirije muri REMA n'abayobozi b'inzego z'umutekano zikorera mu Karere.
Ku ruhande rw'umufatanyabikorwa hari Umuyobozi mukuru wa BRALIRWA Bwana Etienne SAADA, hari umuyobozi wungirije muri BBoxx Bwana Beni Bizima.
Umuhango waranzwe no gusura bamwe mu bahawe imirasire bagaragaza impinduka nziza nyuma yo gucanirwa.


Iyakaremye Innocent, umwe mu bahawe urumuri yavuze ko bashimira BRALIRWA yabavanye mu mwijima ikabaha urumuri. Yavuze kko igihe cya nijjoro bagorwaga bacana akatadowa n'ibishishimuzo kugirango babone. Ibi ngo biagira ingarukka mbi ku buzima bwabo no ku mibereho ya buri munsi. Hakurikiyeho ibiganiro byatanzwe n' abayobozi maze umushyitsi mukuru asabaa abaturage gufata neza ibikorwa remezo bahawe kandi bakabibyaza umusaruro..
Umufatanyabikorwa Bralirwa yijeje ko yiteguye gukomeza gufasha abaturage muri gahunda zitandukanye mu rwego rwo gufatanya n' ubuyobozi mu kuzamura imibereho myiza yabo.






Kuri uyu wa kane tariki ya 04 Werurwe 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwakomeje ubushakashatsi burimo gukorwa mu karere ka Ngororero, aho…
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Kuri uyu wa mbere tariki 2/03/2026 abaye inama yo gusoza ku mugaragaro Porogaramu ya Climate Just Communities (CJC).
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…