Ngororero: RCCDN yateje intambwe igaragara abagenerwabikorwa bayo
Kuri uyu wa mbere tariki 2/03/2026 abaye inama yo gusoza ku mugaragaro Porogaramu ya Climate Just Communities (CJC).
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere Bwana Christophe NKUSI.
Porogaramu ya CJC yashyizwe mu bikorwa n’Umuryango Rwanda Climate Change and Development Network (RCCDN) ku bufatanye na DUHAMIC-ADRI, baterwa inkunga na Trócaire. Ibikorwa byakorewe mu Mirenge ya Kageyo, Kavumu na Muhanda, aho ibyagezweho by’ingenzi ari ibi bikurikira:
-Kuvugurura no gusana inzu z’imiryango 233;
-Gutanga no gushyiraho rondereza 7,000 zitangiza ibidukikije
-Gushyiraho uturima tw’igikoni 60
-Kubaka hegitari 47 z’amaterasi y’indinganire na hegitari 160 z’amaterasi yikora
-Gutanga amatungo magufi 2,205
-Gutanga amagare y’abafite ubumuga 70 n’imbago zigendanwa ku bantu bafite ubumuga bw’ingingo
-Gushyiraho pepiniyeri 6 z’ibiti
-Gushinga amatsinda 18 yo kuzigama no kugurizanya
Iyi nama yitabiriwe kandi n’abayobozi b’Imirenge ndetse n’abahagarariye abagenerwabikorwa bo mu Mirenge ya Kageyo, Kavumu na Muhanda bakoranye bya hafi mu ishyirwa mu bikorwa rya Porogaramu ya CJC.
Ku ruhande rwa Porogaramu ya CJC hari Umuyobozi Mukuru w’Umushinga Bwana KAYINAMAURA Aime naho ku ruhande rwa RCCDN hari Umuyobozi wa Porogaramu, Madamu SALAMA Slyvia.
Kuri uyu wa kane tariki ya 04 Werurwe 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwakomeje ubushakashatsi burimo gukorwa mu karere ka Ngororero, aho…
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Kuri uyu wa mbere tariki 2/03/2026 abaye inama yo gusoza ku mugaragaro Porogaramu ya Climate Just Communities (CJC).
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…