Ngororero: Mayor Nkusi yakanguriye abaturage kurwanya isuri ku nsanganyamatsiko igira iti: "Ubutaka bwanjye, umurage w'abanjye"
Kuri iki cyumweru cy kuwa 24/04/2022 muri paroisse gatolika ya Rususa mu misa ya mbere umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe yagejeje ku bakristu ubutumwa bukubiyemo ibigomba kwitabwaho n'abaturage kugirango imibereho yabo irusheho kuba myiza:
Yabahamagariye kurwanya isuri ku buryo bufite ireme muri iki gihe Akarere ka Ngororero kari mu bukangurambaga bwimbitse ku nsanganyamatsiko igira iti: "Ubutaka bwanjye, umurage w'abanjye"
.

Yabibukije kandi kurwanya imirire mibi n'igwingira, anasaba ko abana bose bagomba kugana ishuli; yabasabye kwishyura ubwisungane mu kwivuza agira ati "roho nziza itura mu mubiri muzima", kwita kuri gahunda ya Ejo Heza, kwikingiza Covid-19 ku buryo bwuzuye, kugira isuku ihoraho "kuko isuku ari isoko y'ubuzima", kwirinda amakimbirane mu miryango hubahirizwa itegeko ry'urukundo.
Ybasabye kwihatira gutura heza mu mazu akurungiye kandi afite ubwiherero buboneye n'imirima y'ibikoni ifasha gutegura indyo yuzuye.
Mayor Nkusi yasabye ko abumvise ubu butumwa babugeza ku bandi.
Iyi gahunda yo gusakaza ubu butumwa izakomereza no mu yandi madini n'amatorero.
Kuri uyu wa kane tariki ya 04 Werurwe 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwakomeje ubushakashatsi burimo gukorwa mu karere ka Ngororero, aho…
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Kuri uyu wa mbere tariki 2/03/2026 abaye inama yo gusoza ku mugaragaro Porogaramu ya Climate Just Communities (CJC).
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…