Ngororero: Igororamuco rikorewe mu muryango rizafasha mu urwanya ubuzererezi
Mu Cyumba cy'Inama cy'Akarere habereye amahugurwa y'abazahugura abandi bagize Komite y'Igororamuco rikorewe mu muryango.
Aya mahugurwa yateguwe n'ikigo cy'igihugu cy'igororamuco (NRS) yari ihagarariwe n'Abakozi bayo aribo Madamu NYIRANEZA Theopiste, BISENGIMANA Simeon na IYAKAREMYE Dominique. Bakiriwe n'Umuyobozi w'Akarere Wungirije Ushinzwe Iterambere ry'Imibereho Myiza y'Abaturage Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine.




Amahugurwa yitabiriwe n'abazahugura abandi bo ku rwego rw'Akarere, Imirenge n'Ibitaro bahugurwa kuri Gahunda yo kwegera imiryango bakayigisha uburyo bwo gufasha abavuye mu buzererezi no gukumira ibitera ubuzererezi.
Nyuma y'amahugurwa hasuwe imiryango 2 yo mu Murenge wa Gatumba ifite abana bakuwe mu buzererezi.
Vice Mayor Mukunduhirwe yavuze ko iri gororamuco rikorewe mu muryango rizafasha kurwanya ubuzererezi kuko akenshi ikibutera gifite imizi mu miryango inzererezi zikomokamo.
Kuri uyu wa kane tariki ya 04 Werurwe 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwakomeje ubushakashatsi burimo gukorwa mu karere ka Ngororero, aho…
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Kuri uyu wa mbere tariki 2/03/2026 abaye inama yo gusoza ku mugaragaro Porogaramu ya Climate Just Communities (CJC).
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…