Ngororero: hasabwe ubufatanye mu kuvanaho inzitizi zibangamira abafite ubumuga
Muri gahunda yo gutangiza icyumweru cyahariwe Abantu Bafite Ubumuga mu Karere ka Ngororero, BIRO ya NCPD y'Akarere ka Ngororero yasuye Umurenge wa Kabaya:
1. Ikigo Ineza gicumbikiye abana bafite Ubumuga.
2. Transit Center harebwa niba harashyizweho ibikorwaremezo byorohereza abantu bafite ubumuga bagezemo, hanarebwa niba abantu bafite ubumuga iyo bagezemo bafashwa.
Hasabwe ubufatanye mu gukomeza gukuriraho imbogamizi abantu bafite ubumuga hagamijwe iterambere ritagize n'umwe risiga inyuma.
Twibukiranye ko icyumweru cyahariwe Abantu Bafite Ubumuga cyatangiye 26/11/2025 kizasozwa kuwa 03/12/2025 hanizihizwa Umnsi Mukuru Mpuzamahanga w'Abantu Bafite Ubumuga, uzizihirizwa mu mirenge yose igize Akarere, ku rwego rw'Akarere bikizihirizwa mu Murenge wa Muhororo.
Insangayamatsiko y'uyu mwaka wa 2025 iragira iti:
“Dushyigikire Umuryango udaheza Abantu bafite Ubumuga_duteze imbere Imibereho myiza”.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…