Ngororero: "Ndera neza, Nkure neza, Nkore neza"- umunyeshuli mu gusoza icyumwer yc'uburezi gatoliks
Mu ma Paroisse Gatolika yo mu Karere ka Ngororero habereye ibirori byo gusoza icyumweru cyahariwe uburezi Gatolika ku nsanganyamatsiko igira iti: "Ndera neza, Bkure neza, Nkore neza"
Muri Paroisse Gatolika ya Rususa yitiriwe Nyina wa Jambo,
ibirori byabimuriwe n'urugendo rwitabiriwe n'abanyeshuli n'abalimu baturutse mu bigo 10 by'amashuli abanza n'ayisumbuyeà bagera ku 10,605 barangajwe imbere na Padiri Mukuru wa Paroisse ya Rususa Gilbert Ntirandekura.
Ibigo bya Kiliziya Gatolika ifatanije na Leta k'ubw'amaserano ni bimwe mu biharanira gutanga uburezi bufite ireme no kurera urubyiruko rufite indangagaciro haba kuri roho no ku mubiri.
Mu ndirimbo abanyeshuli baririmbaga mu rugendo bagiraga bati: "Ndera neza, nkure neza, nkore neza mbe umwana ushobotse kandi ushoboye, utega amatwi kandi agasiganuza nka Yezu."
Mu gitambo cya misa Padiri Ntirandekura yibukije abana ko bagomba kurangwa n'ikibyabupfura, kumvira n'urukundo. Ishuli rikaba igicumbi cy'indangagaciro ziranga umunyarwanda ubereye u Rwanda twifuza.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…