Ngororero: Bashishikariye kuvugurura urutoki

Abaturage b'Akarere ka NGORORERO bazindukiye mu gikorwa cyo kuvugurura urutoki. Ni Igikorwa kiri kubera mu mirenge 8 ihinga urutoki.
Ku rwego rw'Akarere igikorwa cyabereye mu murenge wa Hindiro mu Kagari ka Gatare. Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe na bamwe mu bayobozi b'inzego z'umutekano zikorera mu Karere bifatanije n'abaturage b'uyu murenge ahazaterwa imibyare y'ibitoki biribwa 6,125 ku buso bwa hegitari 6

Biteganijwe ko muri iriya mirenge 8 hazaterwa imibyare 44,400  kuri hegitari 45.
Igikorwa cyitabiriwe na Rwiyemezamirimo (wagemuye imibyare) Bwana Rubashamuheto Daniel  waturutse mu Karere ka Muhanga werekereye abitabiriye iki gikorwa uburyo bahinga urutoki rugakiza nyirarwo. Yavuze ko yari mu kiciro cya mbere cy'ubudehe atunzwe no guca inshuro none ubu akaba abarirwa mu bakire .

Umuyobozi w'Akarere yashishikarije abaturage kuvugurura urutoki rubyara inyungu agira ati " mubikorane umwete  kuko Iyi ukora akazi kagutunze ugomba kugakora kinyamwuga.

Nsengimana Visenti ni umuhinzi wiyemeje kuvugurura urutoki:  
"Turambiwe guhinga urutoki aho umuhinzi ajya mu murima agahambira ibitoki 10 mu gitebo kimwe.
Turashaka guhinga insina
 tazajya disaruraho igitoki cy'ibiro 100."


Ngororero: Ubushakashatsi bwa RGB ku Ikarita y’Isuzuma ry’Imitangire ya Serivisi ku Baturage (CRC) buri gukorerwa mu mirenge.


Kuri uyu wa kane tariki ya 04 Werurwe 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwakomeje ubushakashatsi burimo gukorwa mu karere ka Ngororero, aho…

Read more →

Ngororero: abanyamuryango ba koperative GERAYO AMAHORO bibukijwe gukomeza kurwanya ruswa no kuba abanyamuryango ba Ejo Heza


Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…

Read more →

Umurenge wa Muhororo: agashya "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU GIHE" kabavanye mu bukene

Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…

Read more →

Ngororero: RCCDN yateje intambwe igaragara abagenerwabikorwa bayo

Kuri uyu wa mbere tariki 2/03/2026 abaye inama yo gusoza ku mugaragaro Porogaramu ya Climate Just Communities (CJC).
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere…

Read more →

Ngororero: Nyuma y'umuganda rusange hamaganywe inzoga zitujuje ubuziranenge


Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose. 
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…

Read more →

Umurenge wa Nyange: CLADHO yasuye WASH and Nutrition Club yo muri GS Nyange

Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…

Read more →

Ngororero: Abana bataye ishuli bagomba kurigarukamo bitarenze tariki 2/03/2026

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere  wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…

Read more →

Ngororero: MINEMA yatanze amahugurwa yerekeye butabazi bwihuse

Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…

Read more →

Ngororero: Inkomezabigwi zubatse igikoni cy'ishuli kijyanye n'igihe

Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…

Read more →
-->