Ngororero: Barimo kuganirizwa ku buzima bw'umubyeyi n'umwana
None kuwa 06/03/2024 mu Murenge wa Ngororero, Akagari ka Torero habereye ubukangurambaga ku buzima bw’umubyeyi n’umwana, kuboneza urubyaro no kwirinda indwara ku bufatanye n’umushinga wa USAID-Tubeho Project wari uhagarariwe na Jean Claude Ngandura.
Ubukangurambaga bwaranzwe no kuganiriza abaturage ku buzima bw’umubyeyi n’umwana, (kuboneza urubyaro, kwipimisha inda ku bagore batwite, kubyarira kwa muganga, kwita ku minsi 1000 y’ubuzima bw’umwana) no kurwanya indwara zitandukanye hibandwa ku ndwara ya malaria, indwara zitandura n’indwara zandura (Umwijima na SIDA). Hatanzwe uburyo bwo kuboneza urubyaro ku bantu 62, gupima indwara zitandura ku bantu 89 no gupima umwijima na SIDA ku bantu 49.


Igikorwa kitabiriwe na:
- Umuyobozi w’Ishami ry’Ubuzima Bwana NYIRIMPUHWE Jean D’Amour
- Umukozi ushinzwe ubuzima, Isuku n’Isukura ku Murenge wa Ngororero
- Umuyobizi w’Ikigo Nderabuzima cya Nyange A,
- Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Torero
Ejo igikorwa kizakomereza mu murenge wa Nyange
Kuri uyu wa kane tariki ya 04 Werurwe 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwakomeje ubushakashatsi burimo gukorwa mu karere ka Ngororero, aho…
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Kuri uyu wa mbere tariki 2/03/2026 abaye inama yo gusoza ku mugaragaro Porogaramu ya Climate Just Communities (CJC).
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…