Ngororero: Amarushanwa y'Umurenge Kagame Cup baybaye ibirori by'agahebuzo
Amarushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2024-2025 mu Karere ka Ngororero yashoje uyu munsi. Amakipe y'abagore n'abagabo y'Imirenge ya Gatumba na Ngororero niyo yahataniye ibikombe mu mikino y'irangiza.
Imikino yarangiye ikipe y'abagore y' umurenge wa Gatumba itsinze iy'uwa Ngororero kuri penaliti 4-2, naho ikipe y'abagabo y'Umurenge wa Ngororero yatsinze iy'uwa Gatumba 1-0
Aya marushanwa yahuruje abaturage benshi biganjemo urubyiruko, abafana b'amakipe batangaje ko kuri bo byabaye ibirori by'agahebuzo.


Muri iyi mikino umuyobozi w'Akarere @cnkusi20 yatanze impanuro ahamagarira urubyiruko guca ukubiri n'ingeso mbi, kugendera kure ibiyobyabwenge no gutwita inda zitateganijwe. Yabahamagarite kandi kugaragaza impano zabo ziherekejwe n'indangagaciro na kirazira nyarwanda.
Yabasabye gukomeza kugira uruhare mu gushakira ibisubizo ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage birimo kurwanya igwingira n'imirire mibi.
Insanganyamatsiko y'aya marushanwa yagiraga iti: "Twitabire imikino, twimakaza Imiyoborere Myiza n'Umuco wo guhiga no kurushanwa."
ISOZA RY'AMARUSHANWA UMURENGE KAGAME CUP MU MAFOTO














Kuri uyu wa kane tariki ya 04 Werurwe 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwakomeje ubushakashatsi burimo gukorwa mu karere ka Ngororero, aho…
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Kuri uyu wa mbere tariki 2/03/2026 abaye inama yo gusoza ku mugaragaro Porogaramu ya Climate Just Communities (CJC).
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…