Ngororero: abanyeshuli bashishikarijwe kwiharika no kuzigama
Uyu munsi hizihijwe umunsi wahariwe gufatira ifunguro ku ishuri (school feeding day). Wizirijwe mu bigo by'amashuri byose mu Karere ka Ngororero.
Ibyaranze umunsi:
- Gukora uturima tw'imboga dushya
- Gutera ibiti by'imbuto ziribwa
Ikiganiro kuri gahunda ya school feeding
- Kugaburira abanyeshuri.




Ku rwego rw'Akarere umunsi wizihirijwe kuri CS MIDUHA mu Murenge wa Gatumba. Umushyitsi mukuru yari Madamu Mukunduhirwe Benjamine umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage. Hari kandi umuyobozi w'ishami ry'uburezi mu Karere. Umushyitsi mukuru yasabye abitabiriye school feeding day gushyira imbaraga mu ifunguro rihabwa abana rikaba ari indyo yuzuye, ababyeyi bose bagatanga uruhare rwabo, abanyeshuri nabo bakiga bagatsinda cyane kubera ko nta mbogamizi ku bijyanye n' ifunguro.
Abanyeshuri bashishikarijwe umuco wo kwiharika no kwizigama kugira ngo aho bibaye ngombwa bajye bitangira umusanzu wa school feeding
Kuri uyu wa kane tariki ya 04 Werurwe 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwakomeje ubushakashatsi burimo gukorwa mu karere ka Ngororero, aho…
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Kuri uyu wa mbere tariki 2/03/2026 abaye inama yo gusoza ku mugaragaro Porogaramu ya Climate Just Communities (CJC).
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…