Ngororero: Ababyeyi bibukjwe kugira uruhare mu kubaka ibyumba by'amashuli
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ngororero bwatangije igikorwa cyo kubaka ibyumba by'amashuli 12, ibikoni 10 n'ubwiherero 18. Ni ibikorwa biri mu mirenge ya Kabaya , Muhororo, Ngororero na Kavumu ahari kubakwa ibigo 2 muri buri murenge; Kageyo, Matyazo, Muhanda, Ndaro na Hindiro ikigo 1 muri buri murenge.




Abayobozi basabye ubufatanye bwimbitse bw'abaturage mu gutanga umuganda "kuko biri mu nyungu zabo, abana babo bagomba kwiga bisanzuye." Abafundi, abakurikirana imirimo y'ubwubatsi bibukijwe gukora vuba kandi ibifite ubuziranenge kuko u Rwanda rukwiye ibyiza gusa kandi ngo uhinga mu kwe ntasigana"
Abaturage bibukijwe
kurwanya isuri mu rwego rwo gufata ubutaka neza no kwirinda ibiza, gukoresha neza ifumbire n'ishwagara, kwishyura ubwisungane mu kwivuza ku gihe bityo intego ikaba
"Mbikore kare ngereyo ntavunitse."
Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe yifatanije n'abaturage b'umurenge wa Kabaya, VM Asoc Madame Mukunduhirwe Benjamine yari ku kigo cy'amashuli cya Kazabe mu murenge wa Ngororero


Kuri uyu wa kane tariki ya 04 Werurwe 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwakomeje ubushakashatsi burimo gukorwa mu karere ka Ngororero, aho…
Hamwe n’Itsinda ry'Ihuriro Nyafurika ry'Abadepite mu Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya Ruswa (African Parliamentarians Network Against…
Abaturage bashoboye kwishakamo ibisubizo: mu Murenge wa Muhororo habonetse urugero rw'ibishoboka: Agashya kiswe "NDANDATA NKURANDATE TUGERANEYO KU…
Kuri uyu wa mbere tariki 2/03/2026 abaye inama yo gusoza ku mugaragaro Porogaramu ya Climate Just Communities (CJC).
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere…
Umuganda ngarukakwezi usoza ukwa Gashyantare wabereye mu mirenge yose.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Bwira aho umuyobozi w'Akarere…
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…