Ngororero: Ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage bikomeje gushakirwa abaturage
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 31/03/2026 abaye inama y’itsinda rishinzwe gukurikirana ikemurwa ry'ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturage ku rwego rw’Akarere.
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere, Bwana NKUSI Christophe, afatanyije n’Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine.
Intego z’inama:
- Gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro yafatiwe mu nama iheruka yabaye ku wa 18 Gashyantare 2026;
- Kuganira aho imihigo ya HSI igeze ishyirwa mu bikorwa kugeza ku wa 31 Werurwe 2026;
- Kurebera hamwe ibyagaragaye mu isuzuma ryakorewe mu mirenge n’itsinda rya HSI ku wa 16–17 Werurwe 2026.
Inama yafashe imyanzuro ngenderwaho igamije kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo ya HSI y’umwaka wa 2025–2026 ndetse na gahunda y’isuku n’isukura.
Inama yitabiriwe kandi na:
Umuyobozi wa Reserve Force ku rwego rw’Akarere, Umuyobozi w'ingabo, Umuyobozi wa Polisi ku rwego rw’Akarere.
GS Muhororo yo mu Murenge wa Gatumba yizihije Yubile y'imyaka 75 imaze ishinzwe.
Uyu muhango witabiriwe n’abashyitsi batandukanye. Ubuyobozi bw’Akarere…
Uruzinduko rw' Intumwa za rubanda mu Karere ka Ngororero muri gahunda yo guteza imbere ibikorwa by'ubuhinzi n'ubworozi hagamijwe gukangurira abahinzi…
Itsinda ry'Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko riyobowe na Hon. Pie Mugabo batangiye uruzinduko rw'akazi mu Karere ka Ngororero.
Ku munsi wa mbere…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakiriye Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Ihihugu cy'Indangamuntu (NIDA) Madamu Mukesha Josephine n'itsinda…
Mu Karere ka Ngororero ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje.
Uyu munsi habaye ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32…
Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Nyange habereye igikorwa cyo kwibuka IMIRYANGO YAZIMYE muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
…
Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe imicungire y'ibiza / Distrct Disaster Management Committee…
Mu Bitaro by'akarere bya Kabaya habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hibukwa abaganga, abarwayi ndetse…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama nyunguranabitekerezo yo kwakira umufatanyabikorwa…