Ngororero: "Guha umuturage serivisi nziza si impuhwe uba umugiriye ahubwo ni inshingano zawe" Mayor Nkusi
Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe yakiriye indahiro z'abahesha b'inkiko batari ab'umwuga na ba noteri ba Leta 17 bakorera mu ifasi y'Akarereka Ngororero.
Basabwe kubahiriza amategeko ibyo badasobanukiwe bakagisha inama inzego zibakuriye mu by'amategeko mu rwegorwo guha umuturageserivisi afiteho uburenganzirabusesuye.
Mayor Nkusi: "guha umuturage serivisi nziza kandi ku gihe si impuhwe uba umugiriye ahubwo ni inshingano zawe. Kuko ni uburenganzira bwe wowe umuha serivisi ugomba kubwubahiriza uko bwakabaye. Dukore ibyo dushinzwe neza, twerekane ko inshingano twahawe tuzikwiye koko. Icyizere twagiriwe tugikomereho, dukorere u Rwanda n'abarutuye tubateza imbere, dushyira umuturage ku isonga."
GS Muhororo yo mu Murenge wa Gatumba yizihije Yubile y'imyaka 75 imaze ishinzwe.
Uyu muhango witabiriwe n’abashyitsi batandukanye. Ubuyobozi bw’Akarere…
Uruzinduko rw' Intumwa za rubanda mu Karere ka Ngororero muri gahunda yo guteza imbere ibikorwa by'ubuhinzi n'ubworozi hagamijwe gukangurira abahinzi…
Itsinda ry'Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko riyobowe na Hon. Pie Mugabo batangiye uruzinduko rw'akazi mu Karere ka Ngororero.
Ku munsi wa mbere…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakiriye Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Ihihugu cy'Indangamuntu (NIDA) Madamu Mukesha Josephine n'itsinda…
Mu Karere ka Ngororero ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje.
Uyu munsi habaye ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32…
Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Nyange habereye igikorwa cyo kwibuka IMIRYANGO YAZIMYE muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
…
Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe imicungire y'ibiza / Distrct Disaster Management Committee…
Mu Bitaro by'akarere bya Kabaya habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hibukwa abaganga, abarwayi ndetse…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama nyunguranabitekerezo yo kwakira umufatanyabikorwa…