Ngororero: JADF Isangano yunganira ingengo y'imali y'Akarere agera kuri miliyari 11 z'amanyarwanda
Kuri stade y'Akarere ka Ngororero habereye imurikabikorwa ngarukamwaka ry'iminsi 3 ry'Ihuriro ry'Abafatanyabikorwa b'Akarere ka Ngororero bibumbiye muri JADF Isangano.
Ashimira abafatanyabikorwa, Umuyobozi w'Akarere @cnkusi20 yavuze kuri bimwe mu bikorwa byagezweho:
Amazi meza
Amahugurwa mu guteza imbere ubuhinzi, gukora amaterasi y'indinganire
Ibiraro byo mu kirere
Gutanga amatungo magufi n'amaremare
Ivururo riciriritse
Inzu y'Ababyeyi
Kurwanya igwingira n'imirire mibi
Ubukangurambaga bw'ingeri nyinshi
Meya nkusi yanashimiye uruhare rw'amadini n'amatorero mu kubakira abatishoboye.
Ati byose byahinduye imibereho y'abaturage mu iterambere turangajwe imbere na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame uharanira ko umuturage ahora ku isonga.
Nk'uko byavuzwe na Perezida wa JADF isangano Padiri Rutakisha Jean Paul, Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Ngororero bari mu byiciro bikurikira:
- imiryango nyarwanda itegamiye kuri Leta 28
- imiryango mpuzamahanga itegamiye kuri Leta 20
- Imiryango ishingiye ku myemerere 519
- Abikorera
- Imishinga ishamikiye kuri Leta
Uruhare rwabo mu kunganira ingengo y'imari y'Akarere ruragera kuri miliyari11 z'amafaranga y'u Rwanda
Kuri stade y'Akarere ka Ngororero habereye imurikabikorwa ngarukamwaka ry'iminsi 3 ry'Ihuriro ry'Abafatanyabikorwa b'Akarere ka Ngororero bibumbiye…
Uyu munsi mu Karere ka Ngororero ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 byakomeje. Abakozi b'Akarere bibutse abahoze…
Ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza Imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB-SPIU), habaye inama yo gukangurira no gushishikariza abaturage…
Umuyobozi w'Akarere, Bwana NKUSI Christophe, yakiriye itsinda rigizwe n’abakozi ba UN Women na MINEMA, riyobowe n’Umusesenguzi ushinzwe Guhuza Gahunda…
Kuri uyu wa 10/06/2026 habaye inama yari igamije gukemura ibibazo bibangamiye ubugenzuzi bw’iyubahirizwa ry’amabwiriza areba ahantu hahurira abantu…
Intumwa za Banki y'Isi zasuye Akarere ka Ngororero zireba uko amazu yubakiwe abaturage basenyewe n'ibiza ameze. Ni amazu yubatswe ku nkunga y'iyi…
Ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi birakomeje mu Karere ka Ngororero.
Uy munsi ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi…
ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje.
Muri uyu mwanya harimo kwibukwa abari abakristo b'Itorero ADEPR…
Itsinda ry'Abasenateri bo muri Komisiyo y'imibereho myiza y'abaturage, Uburezi, ikoranabuhanga n'Urubyiruko riyobowe na Hon. Dusingizemungu Jean…