Ngororero:" Ufite aho kuba heza ntiwabura icyo kurya"- Ilibagiza Olive

Intumwa za Banki y'Isi zasuye Akarere ka Ngororero zireba uko amazu yubakiwe abaturage basenyewe n'ibiza ameze. Ni amazu yubatswe ku nkunga y'iyi Banki ku bufatanye na MINEMA binyuze mu mushinga wa Contingency Emergency Response Component  (CERC). Bayobowe n'Umuyobozi w'Akarere @cnkusi20 basuwe abubakiwe mu mudugudu wa Cyansi, akagari ka Kaseke mu murenge wa Ngororero. 
Mu Karere ka Ngororero harabarurwa sites 66  ziriho amazu 255, zatujweho imiryango yasenyewe n'ibiza.
Mu cyiciro cya kane(4) hubatswe amazu  aherereye mu Mirenge ikurikira:
- Bwira: 22
- Gatumba:18
- Hindiro: 5
- kabaya: 15
- kageyo: 33
- kavumu:17
- Matyazo:21
- Muhanda: 61
- Muhororo:19
- Ndaro: 5
- Ngororero:29
- Sovu: 10
Ilibagiza Olive ni umwe mu bubakiwe. Yagize ati:  "nari mu nzu y'ibyondo, imvura yagwa nkarara  ntagohetse ntinya ko inzu yatugwira njye n'umuryango wanjye. Nari ntuye mu ivundi ubu ndi mu nyumba, ubu nabaye umukire' mubwire Nyakubahwa Perezida wa Repubulika muti "bararyama bagasinzira, iyo ufite aho kuba ntubura icyo kurya."I


Ngororero: Abaturage bashishikarijwe kwitabira Ubwishingizi bw’Ibihingwa n’Amatungo


Ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza Imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB-SPIU), habaye inama yo gukangurira no gushishikariza abaturage…

Read more →

Ngororero: Habonetse umushinga wo Kongerera Imbaraga Uguhangana n’Imihindagurikire y’Ibihe Hubahirizwa Ihame ry’Uburinganire


Umuyobozi w'Akarere, Bwana NKUSI Christophe, yakiriye itsinda rigizwe n’abakozi ba UN Women na MINEMA, riyobowe n’Umusesenguzi ushinzwe Guhuza Gahunda…

Read more →

Ibibazo Bibangamiye Ubugenzuzi bw’Iyubahirizwa ry’Amabwiriza Ahantu Hahurira Abantu benshi byaganiriweho


Kuri uyu wa 10/06/2026 habaye inama yari igamije gukemura ibibazo bibangamiye ubugenzuzi bw’iyubahirizwa ry’amabwiriza areba ahantu hahurira abantu…

Read more →

Ngororero:" Ufite aho kuba heza ntiwabura icyo kurya"- Ilibagiza Olive

Intumwa za Banki y'Isi zasuye Akarere ka Ngororero zireba uko amazu yubakiwe abaturage basenyewe n'ibiza ameze. Ni amazu yubatswe ku nkunga y'iyi…

Read more →

Umurenge wa Kavumu: Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yaranzwe n'ubwicanyi ndengakamere

Ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi birakomeje mu Karere ka Ngororero. 
Uy munsi ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi…

Read more →

Ngororero: ADEPR yunamiye abakristo bazize Jnoside yakorerwe Abatutsi mu 1994

ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje. 
Muri uyu mwanya harimo kwibukwa abari abakristo b'Itorero  ADEPR…

Read more →

Ngororero: Abasenateri basuye ibikorwa bifasha mu guhanga imirimo

Itsinda  ry'Abasenateri bo muri   Komisiyo y'imibereho myiza y'abaturage, Uburezi,  ikoranabuhanga n'Urubyiruko riyobowe na Hon. Dusingizemungu Jean…

Read more →

Amashuli yashishikarijwe gukoresha ifu y’ibigori byuzuye kandi byongewemo intungamubiri

Uyu munsi tariki ya 3 Kamena 2026 muri Hoteli FALIBA, habereye amahugurwa ku ikoreshwa ry’ifu y’ibigori byuzuye kandi byongewemo intungamubiri…

Read more →

Ngororero: High Sec Ltd igiye kuzajya itwara imyanda iva mu bwiherero.

Kuri uyu wa 02 Kamena habaye inama  yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ubuyobozi bw’Imirenge ya Kabaya, Ngororero, Gatumba na Nyange, ndetse…

Read more →
-->