Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

Ngororero: abakandida 6356 barimo gukora ikizamini cya Leta gisoza amashul iabanza

Muri iki gitondo  kuri GS Rususa Umuyobozi w'Akarere @cnkusi20 ari kumwe n'intumwa za NESA n'inzego z'umutekano ayoboye igikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro ikorwa ry'ibizamini bisoza amashuli abanza mu mwaka 2025/2026.
Mu Karere ka Ngororero harabarurwa ama sites y'ibizamini 32 n'abakandida 6356 (abahungu, 2694 abakobwa 3662)
Umwaka ushize Akarere ka Ngororero kaje ku mwanta wa 8 mu gutsinda ibizamini bisoza amashuri abanza.