Umurenge wa Nyange: Icyogogo cy'umugezi wa Secoko cyitaweho

Minister Biruta asesekaye  mu murenge wa Nyange hafi y'umugezi wa Secoko

Kubungabunga ibidukikije ni ihame muri gahunda za guverinoma y'u Rwanda. Ni muri urwi rwego mu ntangiriro z'ukwezi kwa 10 Minisitiri w'Ibidukikije Hon. Vincent Biruta  yakoreye uruzinduko mu murenge wa Nyange.

Uru ruzinduko  rwari rugamije kureba aho  ibikorwa byo kubungabunga icyogogo cy'umugezi wa Secoko bigeze. Hasuwe ahategurirwa Imigano izaterwa ku migezi ndetse n'ahacukuwe imirwanyasuri. Ibikorwa biri gukorwa neza kandi byatangiye gutanga umusaruro wo  kugabanya umuvuduko w'amazi yiroha mu mugezi wa Secoko nawo  ujya muri  Nyabarongo. Hon. minister yasabye ko ntahagomba gusigara hatarwanyijwe isuri.

Ahatunganyirizwa ingemwe z'imigano yo kurengera icyogogo cy'umugezi wa Secoko

Yari aherekejwe na Bwana Mugabo umuyobozi w'Ishami ry'Amashyamba, Bwana Tetero umuyobozi w'ishami ry'amazi bose bo  mukigo RWFA. Aba bashyitsi bakiriwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe ubukungu Bwana Uwihoreye Patric nawe ari kumwe na Kayitsinga Jean Ushinzwe amashyamba n'umutungo Kamere mu  karere ka Ngororero ndetse na Mukasano Gaudence Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'umurenge wa  Nyange.

Urubyiruko rwahawe akazi muri pepinnyeri


Ngororero: Urubyiruko rwibukijwe gukomera ku bumwe bw'Abanyarwanda

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…

Read more →

Ngororero: NEC yagabiye inka 8 imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…

Read more →

Ngororero: Hafashwe ingamba zo gukumira Rift Valley Fever

Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…

Read more →

Ngororero: Urugamba rwo kurandura imirire mibi rurakomeje

Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…

Read more →

Ngororero: inama mpuzabikorwa yarebye mu nguni zose z'ubuzima bw'Akarere.

Habaye inama ya komite  mpuzabikorwa  y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere  ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…

Read more →

Ngororero: Bene amacumbi basabwe gukumira ihohotera rishingiye ku gitsina.

Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…

Read more →

Umurenge wa Matyazo: Basabwe kwihutisha dosiye zerekeye ingurane

Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…

Read more →

Ngororero: Hasesenguwe intambwe imaze guterwa mu gukemura ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturge

Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…

Read more →

Ngororero: JADF iIsangano yongeye kugaragaza uruhare rwayo mu iterambere ry'Akarere

Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero  hasojwe  imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.

Ibyaranze igikorwa:

-…

Read more →
-->