Umurenge wa Ndaro: Bahawe inkoko zizafasha kurwanya imirie mibi n'igwingira
Mu murenge wa Ndaro k'ubufatanye n'umushinga SAIP II hatanzwe inkoko 1800 z' amagi ku miryango 450.
Iki gikorwa kiri mu rwego rwo kurwanya imirire mibi n'ingwingira.
Imiryango yorojwe none ikaba ifite abana bari munsi yimyaka itanu.
Buri muryango worojwe wahawe inkoko 4, ibiryo byazo byo kuzigaburira mu gihe cyamezi atatu (41 Kg), n'akararo zizabamo. Buri tsinda ryagiye rihabwa imiti y'ibanze yo kuzitaho igihe zarwaye.
Abahawe inkoko bibukijwe kuzitaho kugirango zizatange umusaruro mwinshi kandi mwiza kugirango ihashye imirire mibi mu miryango no kugira umuco wo kwizigama muri Gahunda ya Ejo Heza.
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…
Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe ari kumwe n'umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Umuyobozi w'Akarere @cnkusi20 ari kumwe n'Umuyobozi Mukuru wa Koperative Umuganga Sacco, intumwa ya Minisiteri y'Ubuzima, yayoboye inama…
Mu karere ka Ngororero ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje. Uyu munsi igikorwa cyabereye ku rwibutso…
Mu murenge wa Ndaro k'ubufatanye n'umushinga SAIP II hatanzwe inkoko 1800 z' amagi ku miryango 450.
Iki gikorwa kiri mu rwego rwo kurwanya imirire…
Ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje mu Karere ka Ngororero. Uyu munsi habaye igikorwa cyo kunamira…
Nyakubahwa Minisitiri w'Intebe Dr Justin Nsengiyumva yaje kwiftanya n'abatuye Akarere Ngororero mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside…
Kuri uyu mugoroba ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Ngororero habereye umugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu…