Umurenge wa Hindiro: Croix Rouge y'u Rwanda ikomeje kugoboka imiryango yahuye n'ibiza
Kuwa 31/07/2020 mu mudugudu wa Miuga akagari ka Rugendabari
Croix rouge y'u Rwanda yashyikirije inkunga ingana na kgs 5,777 z'ibiribwa, litiro109 z'amavuta n'isabune za Tembo 218 imiryango 109 yahuye n'ibiza muri Mata-Gicurasi 2020.
Buri muryango wahawe kg 30 za Kawunga, kg10 z'ibishyimbo, kg10 z'umuceri, kg3 z'isukari, litiro y'amavuta n'isabune 2.
Iki gikorwa cyari kiyobowe na Bwana MAZIMPAKA Emmanuel, ushinzwe itumanaho muri Croix rouge y'u Rwanda yakiriwe na TUYIZERE Anastase, Ag ES w'Umurenge
Mbere yo gutanga iyi nkunga abaturage babanje guhabwa ibiganiro ku:
Kwirinda COVID-19
Kurengera ibidukikije
Kurwanya ibiza n'isuri
Ibiza byavuzwe hejuru bikimara kuba Croix Rouge y'u Rwanda niyo yafashe iya mbere mu gutabara abaturage bari bzahajwe nabyo mu mirenge yose ibagezaho ibikoresho by'ibanze.
Uyu mureyango kandi ugira uruhare runini mu kunganira Akarere mu bukangurambaga bwo gukumira no kurwanya ikwirakwira rya Covid 19.


Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…