Ngororero: Umushinga RYAF uzakorana n'urubyiruko ruzashora imali mu buhinzi n'ubworozi
Kuri uyu wa 5/08/2020 umuyobozi w'akarere wungirije ushinzwe iterambere ry'ubukungu Bwana Uwihoreye Patrick yakiriye intumwa za RYAF (Rwanda Youth in Agribusiness Forum).
Ni umushinga ugamije guteza imbere urubyiruko rwashoye imali mu buhinzi n'ubworozi kandi ukabashakira isoko.
RYAF irashaka kwegera urubyiruko ngo rwumve ko rushobora gushora imali mu buhinzi n'ubworozi nta mpungenge ari nako irugezeho ubufasha bw'abafatanyabikorwa. Irateganya kubaha amahugurwa no kububakira isoko bagurishirizamo umusaruro utunganijwe neza. Ikorana n'umushinga Hinga Weze ubu ikorera mu mirenge 8 y'Akarere ka Ngororero.
Vm yabijeje ubufatanye bw'Akarere bwa technique kandi buhoraho. Yanaberetse aho RYAF yagoboka urubyiruko nko mu buhinzi bw'ingano, kawa, n'ibirayi n'ubworozi bw'amafi.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…