Ngororero: Umuenge Kagame Cup 2026, Imyiteguro yatangiye
Umujyanama wa Komite Nyobozi y'Akarere Bwana Mutwarangabo Innocent yayoboye inama yo gutegura amarushanwa y'Umurenge Kagame Cup. Ni amarushanwa ngarukamwaka agamije gushimangira amahame y'imiyoborere myiza twifuza, ubusabane, gushishikariza abaturage umuco wo guhiga no kugira uruhare mu kwimakaza imiyoborere myiza.
Muri iyi nama hagaragajwe amabwiriza azagenga amarushanwa agomba gukurikizwa muri uyu mwaka wa 2025-2026.
Abitabiriye inama bemeje ko ingengabihe y'amarushanwa igomba kujya ahagaragara hakiri kare kandi ikagezwa kubazayagiramo uruhare bose (inzego z'umutekano, abashinzwe ubuzima,...).
Guhanahana amakuru kandi ku gihe nabyo bizitabwaho.
Akarere ka Ngororero gakunze kuza mu myanya ya mbere mu mikino yo gusiganwa no mu mikino y'abafite ubumuga.
Inama yitabiriwe n'abahagarariye inzego z'umutekano zikorera mu Karere, umikozi w'Akarere ufite siporo mu nshingano, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'Imirenge, abagenzuzi b'uburezi n'abatekinisiye ba siporo mu mirenge.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…