Ngororero: sosiyete sivile yinjiye mu bukangurambaga bwo kwirinda Covid -19
K'ubufatanye bw'Akarere ka Ngororero n'amatorero ADEPR n'iry'UBUBYUTSE ubukangurambaga bwabereye mu mirenge ya Gatumba, Muhororo, Ngororero na Kabaya.
Mu masoko manini no mu du centres tw'ubucuruzi muri iyo mirenge abashumba b'ariya matorero batanze ubutumwa bukomeye bukangurira abaturage gukumira no kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.
Bifashishaga n'imirongo yo muri Bibiliya yerekeye kurwanya ibyorezo na Sonorisation Mobile.
Umuyobozi w'Akarere Bwana NDAYAMBAJE Godefroid n'inzego z'umutekano nabo bari muri iki gikorwa cy'ubukangurambaga.
Ibyagaragaye :
- Abaturage bibwiriza kwambara agapfukamunwa iyo berekeza ahahurira abantu benshi
- Gukaraba intoki mbere yo kwinjira ahari abantu benshi biragenda biba umuco
- Social distancing iracyasaba imbaraga kubera ubwinshi bw'abarema isoko.
Mayor NDAYAMBAJE yavuze ko iki gikorwa kizakomereza no mu yindi mirenge.




Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…