Ngororero: Isuku impereho, isuku ibe umuco- abaturage b'umurenge wa Muhanda

Mu murenge wa Muhanda  mu kagari ka Gasiza habereye igikorwa cy'ubukangurambaga ku Isuku n'isukura ku nsanganyamatsiko iti " Isuku impereho, isuku ibe umuco". Bwitabiriwe n'itsinda ry'abayobozi baturutse ku ntara y'Iburengerazuba bayobowe na Bwana NSANZIMANA Sylvestre umuyobozi ushinzwe Igenamigambi ku Ntara harimo SP Sylvestre TWAJAMAHORO umuvugizi wa Police ku Ntara, CNF ku Ntara n'umukozi w'intara ushinzwe abakozi. 
Baje baherekejwe n'umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Mme MUKUNDUHIRWE Benjamine;  bakiriwe n'umunyamabanga nshingwanikorwa w'umurenge wa Muhanda Bwana MUSABYIMANA Japhet.
Ubukangurambaga bwari bugamije gukangurira abaturage:

▪️gukomeza kunoza isuku k'umubiri, aho batuye ndetse no mu gihe hategurwa amafunguro mu rwego rwo kwirinda indwara zikomoka ku mwanda.

▪️Kurwanya imirire n'igwingira ku bana bari munsi y'imyaka itanu hibandwa mu kwimakaza isuku n'isukura ku amafunguro bategurirwa

▪️Mur iki gikorwa kandi habayeho  kugaburira abana indyo yuzuye hagamijwe guha ababyeyi urugero rw'ifunguro rikwiye gutegurirwa umwana.

Abashyitsi bifatanije n'abaturage mu gikorwa cyo gusukura ivomo ryari ryarasenyutse  kugira ngo abaturage bakomeze kubona amazi meza.

Muri gahunda ya dusasirane, imiryango itanu yahawe matelas kugira ngo hakomeze kunozwa isuku no ku buriri.


Ngororero: Urubyiruko rwibukijwe gukomera ku bumwe bw'Abanyarwanda

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…

Read more →

Ngororero: NEC yagabiye inka 8 imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…

Read more →

Ngororero: Hafashwe ingamba zo gukumira Rift Valley Fever

Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…

Read more →

Ngororero: Urugamba rwo kurandura imirire mibi rurakomeje

Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…

Read more →

Ngororero: inama mpuzabikorwa yarebye mu nguni zose z'ubuzima bw'Akarere.

Habaye inama ya komite  mpuzabikorwa  y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere  ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…

Read more →

Ngororero: Bene amacumbi basabwe gukumira ihohotera rishingiye ku gitsina.

Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…

Read more →

Umurenge wa Matyazo: Basabwe kwihutisha dosiye zerekeye ingurane

Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…

Read more →

Ngororero: Hasesenguwe intambwe imaze guterwa mu gukemura ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturge

Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…

Read more →

Ngororero: JADF iIsangano yongeye kugaragaza uruhare rwayo mu iterambere ry'Akarere

Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero  hasojwe  imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.

Ibyaranze igikorwa:

-…

Read more →
-->