Ngororero: intumwa ya RCS yasuye transit center ya Kabaya
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Mukunduhirwe Benjamine yakiriye intumwa y'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe igororamuco Bwana BISENGIMANA Simeon waje gusura
Ikigo ngororamuco cy'ibanze cya Kabaya.
Ni mu rwego rwa gahunda ijyanye no gusobanura amabwiriza agenga ibigo ngororamuco n'ibigo ngororamuco by'ibanze.
Nyuma yo gusura ikigo cy'igororamuco cy'ibanze cya Kabaya hakurikiyeho kujya gusura imboni z'impinduka hagamijwe kureba ubuzima bwabo cyane cyane kureba uko biteje imbere bakorera mu matsinda.
Nyuma habayeho ikiganiro ku mikorere ya command posts z'ibigo ngororamuco ku rwego rw'Igihugu, Intara, Akarere n'umurenge. Hagaragajwe ibigenda neza n'ahari icyuho mu micungire ya transit Center ya Kabaya, hafatwa imyanzuro yo gukosora ibitameze neza.
Ikiganiro cyarimo abayobozi b'Inzego z'Umutekano zikorera mu Karere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'Imirenge n'Umuyobozi wa transit Center ya Kabaya.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…