Ngororero: Imboni y'Akarere ka Ngoroero muri Guverinoma yakagiriyemo uruzinduko rw'akazi.
Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’ubutabazi Hon.Kayisire Marie Solange akaba n'imboni y'Akarere ka Ngororero muri Guverinoma yari yaje kureba aho imirimo y'inyubako z'ibyumba by'amashuli phase I&II igeze.
Yakiriwe n'umuyobozi w'Akarere Bwana NDAYAMBAJE Godefroid wamweretse aho imirimo igeze uyu munsi umurenge ku wundi; anamugezaho imbogamizi z'ibikoresho nk'imbaho n'ibyuma byo gukora ibisenge bitaraboneka byose.
Sima kugeza ubu yabonetse ku kigero cya 33%.
Mayor NDAYAMBAJE yamuhaye urutonde rw'ibyihutirwa kugirango amashuli yuzure mu gihe cy'ukwezi kumwe. Minister Kayitesi akazakora ubuvugizi.
Mu Karere ka Ngororero hari kubakwa ibyumba 556 n'ubwiherero 747 bizatuma ubucucike bugabanuka kimwe n'ingendo ndende abana bakoraga bajya ku mashuli. Minisitiri Kayisire yasuye amashuli yo mu murenge wa Kabaya anakangurira abayubaka kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19.
Minister wa MINEMA yari aherekejwe n'umujyanama we hari kandi inzego z'umutekano, abatekinisiye b'akarere bashinzwe inyubako z'amashuri n'Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'umurenge wa Kabaya.




Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…