Ngororero: Imbaraga zikomeje gushyirwa mu gukemura ibibazoo bibangamiye iterambere ry'abaturage (Human security issues)
Itsinda riri kugenzura uko HSI bihagaze.
Itsinda rishinzwe gukurikirana ikemurwa ry'ibibazo bibangamiye iterambere ry'abaturage (Task force ya Human Security Issues) ku rwego rw’Intara iyobowe n’Umuyobozi w’Imiyoborere myiza n’imibereho y’Abaturage mu ntara y’Iburengerazuba Bwana Bisengimana Denis wari kumwe na :
-Major Richard KARANGWA /RDF
-Capt Alexis RUZIBIZA / Reserve Force
-CIP Solange NYIRANEZA / RNP
-KAMANAYO Philippe /NISS Karongi
baje kureba aho Akarere kageze gakemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage.
Bakiriwe na VM /FED Bwana Uwihoreye Patrick .
Nyuma yo kureba bimwe mu byakozwe n’Akarere muri HSI, bagiye mu imirenge ya Matyazo na Hindiro.
Hari hagamijwe kureba aho Akarere kageze kubakira abadafite aho kuba, abasaniwe amazu , isuku mu du centres, mu bigo by’amashuli, mu bigo by’ubuzima n’isuku muri rusange. Basanze hari ibyinshi byakozwe ariko ko ari ngombwa gukomeza gushyiramo ingufu mu gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…