Ngororero: Food for Hungry yagobotse abagizweho ingaruka n'ibiza
Kuwa 30/07/2020. mu murenge wa Bwira umufatanyabikorwa Food for Hungry (FH) yatanze imfashanyo ku baturage bagizweho ingaruka na COVID-19. Hatanzwe kgs 3.325 z'akawunga, toni 2.5 z'ibishyimbo, kg 900 za Shisha kibondo, amakarito160 z'amasabune n'amagare 20 y'abafite ubumuga.Byahawe imuryango 180, umuryango w'abantu 5 wahawe 20kg z'ibishyimbo, 25kg z'akawunga, 5tiges z'amasabune, umwana 1 utarengeje 5ans agahabwa 5kg za Shisha kibondo, ufite ubumuga agahabwa igare 1.
FH yari ihagarariwe n'abakozi bakuriwe Ndagijimana Prudence (Coordinator zone Ngororero na Muhanga). Uyu mufatanyabikorwa yabijeje ko bazakorana neza ibikorwa bijyanye n'uburezi, ubuzima, imibereho myiza no kuzamura imirire myiza, Ubuyobozi bwamwjeje ko buzakomeza gufatanya n'abaturage kubungabunga ibyo bazabagezaho byose kandi bushima inkunga bageneye abaturage cyane ko yaje mu gihe bari bayikeneye. Umurenge wari uhagarariwe na ES Habiyakare Etienne n'abakozi batandukanye bakorana barimo na DASSO, naho Akarere Kari bahagarariwe na NDAYAMBAJE Galois Vedaste, umukozi ushinzwe abafite ubumuga mu karere na V. Coordinator wa NCPD mu karere ka Ngororero.


Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…