Ngororero: abaturage barahamagarirwa kwipimisha indwara zitandura
Kuri uyu wa gatatu tariki 26/02/2020 mu cyumba cy'inama cy'akarere wabereye inama yahuje abayobozi b'ibitaro, ab'ibigo nderabuzima, abashinzwe kurwanya imirire mibi mu bitaro, abakurikirana ibijyanye n'indwara zitandura NCDs (Non communicable diseases) Abari mu nama bunguranye ibitekerezo ku
gupima indwara zitandura, kurwanya imirire mibi n'igwingira, kwimakaza isuku n'isukura ku bantu, aho baba n'aho bakorera bihereye ku karere bikamanuka ahantu hose hahurira abantu benshi. Hanaganiriwe ku uburyo bwo kongera sites mu rwego rwo kwegereza abagenerwa bikorwa bahabwa shisha kibondo ndetse n'amata. Sites zikava kuri 15 zikagera kuri 42.
V/Mayor ASOC MUKUNDUHIRWE Benjamine atangiza iyi nama yavuze ku kamaro ko kwegereza serivisi abagenerwa bikorwa aho yavuze ko ubuzima bwiza bugomba kuba isoko y'iterambere.
Intumwa yaturutse muri NECDP/MIGEPROF, Madamu Agnes UWINEZA yagarutse kuri gahunda yo gutanga Shisha kibondo ndetse no gukoresha umusambi( left mat) hasuzumwa kare ubugwingire bityo bigakosorwa kare ku bana batarengeje imyaka ibiri Hibukijwe na none ubukangurambaga bwo kwisuzumisha indwara zitandura ndetse na Hepatite C .
Inama yaranzwe n'ibitekerezo byubaka ndetse n'ibyifuzo bijyanye no kurushaho kunoza serivisi ku baturage bagana amavuriro.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…