Ngororero: abaturage barahamagarirwa kwipimisha indwara zitandura

Kuri uyu wa gatatu tariki 26/02/2020 mu cyumba cy'inama cy'akarere wabereye inama yahuje abayobozi b'ibitaro, ab'ibigo nderabuzima, abashinzwe kurwanya imirire mibi mu bitaro, abakurikirana ibijyanye n'indwara zitandura NCDs (Non communicable diseases)  Abari mu nama bunguranye ibitekerezo ku
gupima indwara zitandura, kurwanya imirire mibi n'igwingira,  kwimakaza isuku n'isukura  ku bantu, aho baba n'aho bakorera bihereye ku karere bikamanuka ahantu hose hahurira abantu benshi. Hanaganiriwe ku uburyo bwo kongera sites mu rwego rwo kwegereza abagenerwa bikorwa bahabwa shisha kibondo ndetse n'amata.  Sites zikava kuri 15 zikagera kuri 42.

V/Mayor  ASOC MUKUNDUHIRWE Benjamine atangiza iyi nama yavuze ku kamaro ko kwegereza serivisi abagenerwa bikorwa aho yavuze ko  ubuzima bwiza  bugomba kuba isoko y'iterambere.

Intumwa  yaturutse muri NECDP/MIGEPROF,  Madamu Agnes UWINEZA yagarutse kuri gahunda  yo gutanga Shisha kibondo ndetse no gukoresha umusambi( left mat) hasuzumwa kare ubugwingire bityo bigakosorwa kare ku bana batarengeje imyaka ibiri Hibukijwe na none ubukangurambaga bwo kwisuzumisha indwara zitandura ndetse na Hepatite C .
Inama yaranzwe n'ibitekerezo  byubaka ndetse n'ibyifuzo bijyanye no kurushaho kunoza serivisi ku baturage bagana amavuriro.


Ngororero: Urubyiruko rwibukijwe gukomera ku bumwe bw'Abanyarwanda

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…

Read more →

Ngororero: NEC yagabiye inka 8 imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…

Read more →

Ngororero: Hafashwe ingamba zo gukumira Rift Valley Fever

Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…

Read more →

Ngororero: Urugamba rwo kurandura imirire mibi rurakomeje

Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…

Read more →

Ngororero: inama mpuzabikorwa yarebye mu nguni zose z'ubuzima bw'Akarere.

Habaye inama ya komite  mpuzabikorwa  y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere  ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…

Read more →

Ngororero: Bene amacumbi basabwe gukumira ihohotera rishingiye ku gitsina.

Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…

Read more →

Umurenge wa Matyazo: Basabwe kwihutisha dosiye zerekeye ingurane

Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…

Read more →

Ngororero: Hasesenguwe intambwe imaze guterwa mu gukemura ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturge

Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…

Read more →

Ngororero: JADF iIsangano yongeye kugaragaza uruhare rwayo mu iterambere ry'Akarere

Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero  hasojwe  imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.

Ibyaranze igikorwa:

-…

Read more →
-->